RFL
Kigali

Abakinnyi n’abatoza batandukanye bazindukiye mu matora ya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda-AMAFOTO

Yanditswe na: Mihigo Saddam
Taliki:4/08/2017 13:30
0


Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 4 Kanama 2017 ni bwo abanyarwanda baba mu gihugu imbere bazindukiye mu gikorwa cy’amatora ya Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, muri gahunda yo guhitamo uzayobora u Rwanda muri manda y’imyaka irindwi.



Muri iki gikorwa cyo guhitamo uzayobora u Rwanda mu myaka irindwi iri imbere, abakinnyi n’abatoza b’umupira w’amaguru nabo ntibatanzwe kuko abo twabashije kubona no kubonera amafoto byabonekaga ko batoye.

Iradukunda  Eric Radu myugariro wa AS Kigali n'Amavubi yatoye

Iradukunda  Eric Radu myugariro wa AS Kigali n'Amavubi yatoye

Bisengimana Justin umutoza wungirije muri Police FC

Bisengimana Justin umutoza wungirije muri Police FC 

Itangishaka Ibrahim ukina asatira muri FC Marines...yatoye

Itangishaka Ibrahim ukina asatira muri FC Marines...yatoye

Uwimana Emmanuel bita Tiote wa AS Kigali FC ..yatoye

Uwimana Emmanuel bita Tiote wa AS Kigali FC ..yatoye

Iradukunda  Eric Radu (ibumoso), Uwimana Emmanuel (Hagati) na Itangishaka Ibrahim (Iburyo)

Iradukunda Eric Radu (ibumoso), Uwimana Emmanuel (Hagati) na Itangishaka Ibrahim (Iburyo)

Bizimana Djihad ukina hagati muri APR FC n'Amavubi

Bizimana Djihad ukina hagati muri APR FC n'Amavubi

Kimenyi Yves umunyezamu wa APR FC n'Amavubi

Kimenyi Yves umunyezamu wa APR FC n'Amavubi

Yannick Mukunzi ukinira APR FC hagati n'Amavubi.....Yatoye

Yannick Mukunzi ukinira APR FC hagati n'Amavubi.....Yatoye

Bwanakweli  Emmanuel umunyezamu wa Police FC ...yatoye

Bwanakweli Emmanuel umunyezamu wa Police FC ...yatoye

Kayumba  Soter myugariro wa AS Kigali n'Amavubi

Kayumba Soter myugariro wa AS Kigali n'Amavubi

Muhinda Bryan myugariro wa Police FC..yatoye

Muhinda Bryan myugariro wa Police FC..yatoye

Mushimiyimana Mohammed ukina hagati muri Police FC..yatoye

Mushimiyimana Mohammed ukina hagati muri Police FC..yatoye

Biramahire Abeddy utahizamu muir Police FC n'Amavubi

Biramahire Abeddy rutahizamu wa Police FC n'Amavubi

Biramahire Abeddy n'inshuti ze banganya imyaka bavuye gutora

Biramahire Abeddy n'inshuti ze banganya imyaka bavuye gutora

Nizeyimana Mirafa ukina hagati muri Police FC..Yatoye

Nizeyimana Mirafa ukina hagati muri Police FC..Yatoye

Itangishaka Blaise wa APR FC nawe yatoye

Itangishaka Blaise wa APR FC nawe yatoye

Mugiraneza Jean Baptiste Miggy  umwe mu bakinnyi bakina hanze (Kenya) batoye kuwa Kane tariki 3 Kanama 2017

Mugiraneza Jean Baptiste Miggy umwe mu bakinnyi bakina hanze (Kenya) batoye kuwa Kane tariki 3 Kanama 2017

Impanga Songa Isaie na Isaac Muganza nabo batoye

Impanga Songa Isaie na Isaac Muganza nabo batoye

Tuyisenge Jacques utahizamu rya Gormahia FC n'Amavubi nawe yatoye tariki 3 Kanama 2017 muri Kenya

Muhawenimana Claude (ubururu) ukuriye abafana ba Rayon Sports nawe yagiye gutora

Muhawenimana Claude (ubururu) ukuriye abafana ba Rayon Sports nawe yagiye gutora 

Mukasa Nelson  (uwa kabiri uva imbere) n'umufasha we (Ubanza imbere) bazindukiye mu matora

Mukasa Nelson (uwa kabiri uva imbere) n'umufasha we (Ubanza imbere) bazindukiye mu matora






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND