RFL
Kigali

Abafana 8 batawe muri yombi na police yo mu Bugereki nyuma y’imvururu zaranze umukino wahuje Borussia Dortmund na PAOK Salonika - AMAFOTO

Yanditswe na: Seleman Nizeyimana
Taliki:2/10/2015 13:46
2


Byari urugamba mu zindi mu mukino wa Europa league, wahuje ikipe ya PAOK Salonika yo mu Bugereki yari yakiriye ikipe ya Borussia Dortmund yo mu Budage warangiye ari igitego 1 kuri 1, ariko ukaba waranzwe n’ubushyamirane bukomeye hagati y’abafana b’impande zombi byahaye akazi gakomeye Police ko police.



Kuri ubu byamaze kwemezwa ko abafana 8 b’ikipe ya Borrusia Dortmund bafatwa nka bamwe mu bashoje intambara bamaze gufatwa na police bashinjwa gushoza umwuka mubi kuri stade ya Toumba Stadium.

Borussia Dortmond

Ntibyari byoroshye hagati y'abafana ba Borrusia Dortmund na Police

Umwuka mubi watangiye ubwo abafana ba Borrusia Dortmond bacana ibishashi byinshi by’umuriro mu ntangiriro z’igice cya kabiri cy’umukino byanatumye biba ngombwa ko umukino uhagarara ho gato, maze Police nayo ibonye ko bikomeje gufata intera itangira kugerageza guatatanya aba bafana no kubatandukanya n’abafana ba PAOK Salonika.

Borussia Dortmond

Borussia Dortmond

Borussia Dortmond

Borussia Dortmond

Borussia Dortmond

Borussia Dortmond

Byari ibihe bikomeye byarangiye abafana 8 ba Borrusia Dortmund batawe muri yombi






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • NIYOYITA Albert8 years ago
    police nintanga rugero koko yitahagera byaribibazo kweri!!!!.
  • mukamurera ziada8 years ago
    About an





Inyarwanda BACKGROUND