RFL
Kigali

Seninga hari icyo avuga kuri APR FC bafitanye urubanza kuri uyu wa Gatatu-AMAFOTO Y’IMYITOZO

Yanditswe na: Mihigo Saddam
Taliki:12/09/2017 6:33
0


Kuri uyu wa Gatatu tariki 13 Nzeli 2017 ni bwo ikipe ya Police FC izaba yambikana na APR FC mu mukino w’umunsi wa kabiri w’irushanwa ry’Agaciro Development, umukino Seninga Innocent umutoza wa Police FC avuga ko uzaba uryoshye kuko muri uyu mwaka ntawe watsinze undi muri shampiyona.



Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru nyuma y’imyitozo yo kuri uyu wa Mbere, Seninga yavuze ko APR FC ifite abakinnyi beza bamenyeranye ariko ko kandi na Police FC atari agafu k’imvugwa rimwe ahubwo ko ashaka amanota atatu y’umunsi.

“APR FC yaratsinze twe turatakaza. Gusa APR ntabwo ijya inshobora nanjye ntabwo ndayitsinda nayo ntirantsinda kuko muri shampiyona twanganyije imikino yombi. Muri rusange twiteguye neza. APR ni ikipe ikomeye inagoye, ifite umutoza mwiza n’abakinnyi beza, ifite igikombe cy’Amahoro ariko nibaza ko tuzakina umukino uryoshye kandi mwiza tunateganya kuzitwaramo neza”. Seninga Innocent

Mu mikino ibiri ya shampiyona bakinnye bayinganyije yose kuko umukino ubanza banganyije ibitego 2-2 kuri sitade Amahoro mbere yo kunganya igitego 1-1 mu mukino wo kwishyura wakiniwe ku kibuga cya Kicukiro.

Imyitozo bakoze kuri uyu wa Mbere yerekanaga ko nta mpinduka nini bazakora mu bakinnyi 11 bazabanza mu kibuga. Uretse Bwanakweli Emmanuel uzasimbura Nzarora Marcel mu izamu byanabonetse ko Biramahire Abeddy azasimbura Songa Isaie.

Bwanakweli Emmanuel (GK, 21), Ngendahimana Eric 24, Iradukunda Jean Bertrand 25, Nizeyimana Mirafa 4, Twagizimana Fabrice (C 6),  Munezero Fiston 2, Mpozembizi Mohammed 21, Mushimiyimana Mohammed 10, Ndayishimiye Celestin 3, Biramahire Abeddy 23 na Nsengiyumva Moustapha 11.

Bakoze inama hafi amasaha abiri mbere y'imyitozo

Bakoze inama hafi amasaha abiri mbere y'imyitozo

Nsengiyumva Moustapha atanga igitekerezo

Nsengiyumva Moustapha atanga igitekerezo 

Kit Manager wa Police FC-Mutuyimana

Kit Manager wa Police FC-Mutuyimana 

Mico Justin yimenyereza umupira

Mico Justin yimenyereza umupira

Neza Anderson nawe agenda agaruka

Neza Anderson nawe agenda agaruka mu kibuga 

Ishimwe Issa Zappy anobagiza umupira mbere yuko imyitooz nyirizina itangira

Ishimwe Issa Zappy anobagiza umupira mbere yuko imyitozo nyirizina itangira

Amini Muzerwa asoma ku mazi

Amini Muzerwa asoma ku mazi

Nishimwe Patrick umunyezamu wa Academy ya Police FC  bamuhata amashoti

Nishimwe Patrick umunyezamu wa Academy ya Police FC  bamuhata amashoti 

Nishimwe Patrick umunyezamu wa Academy ya Police FC  na Bwanakweli Emmanuel nibo banyezanmu bafatanya ku mukino wa APR FC

Nishimwe Patrick umunyezamu wa Academy ya Police FC  na Bwanakweli Emmanuel nibo banyezanmu bafatanya ku mukino wa APR FC

Abakinnyi bishyushya

Abakinnyi bishyushya 

Mico Justin (8) na Muvandimwe Jean Marie Vianney (12) bazenguruka ikibuga

Mico Justin (8) na Muvandimwe Jean Marie Vianney (12) bazenguruka ikibuga 

Maniraguha Claude umutoza w'abanyezamu ba Police FC  arekura amashoti

Maniraguha Claude umutoza w'abanyezamu ba Police FC  arekura amashoti

ndayishimiye Antoine Dominique

Ndayishimiye Antoine Dominique

Habimana Hussein myugariro wa Police FC

Habimana Hussein myugariro wa Police FC 

Rutahizamu Niyigaba Ibrahim

Rutahizamu Niyigaba Ibrahim bakuye muri shampiyona ya Uganda

 Nsengiyumva Moustapha

Nsengiyumva Moustapha

Iradukunda Jean Bertrand

Iradukunda Jean Bertrand

Ndayishimiye Celestin bita Celacia niwe uzabanzamo inyuma ku ruhande rw'ibumoso

Ndayishimiye Celestin bita Celacia niwe uzabanzamo inyuma ku ruhande rw'ibumoso

Songa Isaie ubazawa ibitego

Songa Isaie uzabazwa ibitego

Mushimiyimana Mohammed

Mushimiyimana Mohammed 

Muhinda Bryan myugariro wa Police FC

Muhinda Bryan myugariro wa Police FC

Twagizimana Fabrice bita Ndikukazi

Twagizimana Fabrice bita Ndikukazi

Nzabanita David  wahoze ari kapiteni wa Bugesera FC

Nzabanita David  wahoze ari kapiteni wa Bugesera FC

Eric Ngendahimana ukina hagati mu kibuga ha Police FC

Eric Ngendahimana ukina hagati mu kibuga ha Police FC

Munzero Fiston

Munzero Fiston 

Rachid Kalisa yarebye imyitozo y'ikipe yahizemo binavugwa ko ashobora kuyisubiramo

Rachid Kalisa yarebye imyitozo y'ikipe yahozemo binavugwa ko ashobora kuyisubiramo

Umukino hagati yabo wari wiganjemo gushakisha ibitego ku mbaraga

Umukino hagati yabo wari wiganjemo gushakisha ibitego ku mbaraga

Usabimana Olivier  ku mupira

Usabimana Olivier ku mupira

Biramahire Abeddy ashak igitego

Biramahire Abeddy ashaka igitego

Manishimwe Yves baguze muri Etincelles FC

Manishimwe Yves baguze muri Etincelles FC

Muhinda Bryan myugariro wa Police FC atanga umupira

Muhinda Bryan myugariro wa Police FC atanga umupira

Ndayishimiye Celestin

Ndayishimiye Celestin yitwaye neza mu mukino wa Rayon Sports

Rachid Kalisa yemera ko azakina mu Rwanda

Rachid Kalisa yemera ko azakina mu Rwanda

Ndayishimiye Celestin ahanganye na Ndayishmiye Anoine Dominique (umuhondo) bita Maestro

Ndayishimiye Celestin ahanganye na Ndayishmiye Anoine Dominique (umuhondo) bita Maestro

Mushimiyimana Mohammed hagati mu kibuga

Mushimiyimana Mohammed hagati mu kibuga 

Nizeyimana Mirafa azamukana umupira hagati mu kibuga

Nizeyimana Mirafa azamukana umupira hagati mu kibuga

Seninga  Innocent (iburyo) na mugenzi we Bisengimana Justin (ibumoso) bafite akazi gakomeye ko gukura amanota atatu kuri APR FC

Seninga  Innocent (iburyo) na mugenzi we Bisengimana Justin (ibumoso) bafite akazi gakomeye ko gukura amanota atatu kuri APR FC

AMAFOTO: Saddam MIHIGO-Inyarwanda.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND