RFL
Kigali

Kidum yakoreye igitaramo cy'akataraboneka muri Hotel Serena ya Kigali - AMAFOTO

Yanditswe na: Editor
Taliki:12/07/2014 9:10
3


Umuhanzi w’icyamamare mu karere ka Afrika y’Uburasirazuba ukomoka mu Burundi uzwi ku izina rya Kidum Kibido, yataramiye abakunzi be muri Hoteli Serena ya Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu tariki 11 Nyakanga 2014, igitaramo cyari kimaze iminsi gitegerejwe n’abantu benshi mu mujyi wa Kigali.



Mu bagaragaye muri iki gitaramo uretse kuba hari higanjemo abanyarwanda, yanagaragayemo abanyamahanga nk’abakomoka muri Kenya, Burundi na Uganda, bose bakaba bari baje kwiyumvira umuziki w’umwimerere (Live) wa Kidum mu gitaramo yise “My Priority”, iki gitaramo kikaba cyanagaragayemo abahanzi b’abanyarwanda batandukanye nka Jody, M One, Peace, Frank Joe na Alpha Rwirangira nabo basusurukije abitabiriye icyo gitaramo.

Aha Peace yataramiraga abari bitabiriye iki gitaramo

Aha Peace yataramiraga abari bitabiriye iki gitaramo

Jody imbere y'abafana mu gitaramo cya Kidum

Jody imbere y'abafana mu gitaramo cya Kidum

M One ku rubyiniro

M One ku rubyiniro

Nyuma y'igihe yibera muri Amerika, Ally Soudy yongeye kugaragara muri iki gitaramo ari MC

Nyuma y'igihe yibera muri Amerika, Ally Soudy yongeye kugaragara muri iki gitaramo ari MC

Ginty nawe yafatanyaga na Ally Soudy kuyobora iki gitaramo

Ginty nawe yafatanyaga na Ally Soudy kuyobora iki gitaramo

Ginty na Ally Soudy bayoboye neza iki gitaramo

Ginty na Ally Soudy bayoboye neza iki gitaramo

Umujyanama wa Alpha Rwirangira nawe yari ahibereye

Umujyanama wa Alpha Rwirangira nawe yari ahibereye

Alpha na bande ye mbere yo kujya ku rubyiniro

Alpha na bande ye mbere yo kujya ku rubyiniro

peace

Imiririmbire n'ijwi rya Peace byashimishije abitabiriye iki gitaramo

Imiririmbire n'ijwi rya Peace byashimishije abitabiriye iki gitaramo

Producer Pastor P, umunyamakuru Ernesto wa Magic FM na Alpha Rwirangira

Producer Pastor P, umunyamakuru Ernesto wa Magic FM na Alpha Rwirangira

Miss Mutesi Aurore na we ntiyari yacikanwe

Miss Mutesi Aurore na we ntiyari yacikanwe

Jody n'abafana nyuma y'uko yari yavuye ku rubyiniro

Jody n'abafana nyuma y'uko yari yavuye ku rubyiniro

Kidum na Frank Joe muri iki gitaramo

Kidum na Frank Joe muri iki gitaramo

Kidum wagaragaye ku rubyiniro mu myambaro yera, yageze imbere y’abafana be ahagana ku isaha ya saa yine z’ijoro agaragiwe n’itsinda rimucurangira, gusa akimara kuhagera yaje kutishimira uburyo amajwi (sound) yari ameze biza gufata hafi igice cy’isaha babitunganya, nyuma Kidum aza gutangira gususurutsa abakunzi be mu ndirimbo ze zakanyujijeho nk’Amosozi y’urukundo, Mapenzi, Kimbiya, Birakaze yakoranye na Alpha Rwirangira, Kipenzi ca roho yakoranye na Frank Joe, Haturudi nyuma n’izindi.

Aimable Twahirwa n'umugore we mu gitaramo cya Kidum

Aimable Twahirwa n'umugore we mu gitaramo cya Kidum

abafana

abafana

Abafana bishimiye bidasanzwe Kidum akigera ku rubyiniro

Abafana bishimiye bidasanzwe Kidum akigera ku rubyiniro

kidum

kidum

kidum

Kidum yashimishije cyane abari bitabiriye igitaramo cye

abafana

kidum

Abantu bari bitabiriye iki gitaramo ari benshi

Abantu bari bitabiriye iki gitaramo ari benshi

Kidum na Alpha Rwirangira ku rubyiniro

Kidum na Alpha Rwirangira ku rubyiniro

Alpha ati Birakaze

Alpha ati Birakaze

kidum

Uyu mugore wari ufite isabukuru y'amavuko yahawe impano y'indirimbo na Kidum

Uyu mugore wari ufite isabukuru y'amavuko yahawe impano y'indirimbo na Kidum

Itsinda (band) ryafashaga Kidum kuririmba

Itsinda (band) ryafashaga Kidum kuririmba

Umunyarwenya Atome nawe yagaragaye muri iki gitaramo

Umunyarwenya Atome nawe yagaragaye muri iki gitaramo

Itsinda ry'abasore b'ibigango bazwi nka B-KGL bacungaga umutekano

Itsinda ry'abasore b'ibigango bazwi nka B-KGL bacungaga umutekano

Manirakiza Théogène






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 9 years ago
    imana ijye ikomeza imwihere imigisha Kidumu Arabizi pe
  • Kalisa9 years ago
    Hahahahhah!!!!! Ntimukatubeshy rwose. Nge narimpibereye. Sound yari mbi peeeee!!!! Gusa reka dutegereze le19 icyumukobwa wacu Butera nyuma tuzatandukanya neza. Gusa icyo ntareka kuvuga nuko kidum ari umuhanga. Abandi bari basekeje
  • douglas9 years ago
    kidumu ni umuhanga pe! gusa uwazanye iriya sound pfite ububasha na mufunga! fake saana...





Inyarwanda BACKGROUND