RFL
Kigali

Yifashishije Ibirungo(maquillage-make up) ahindura isura ye mu masura y'ibyamamare bitandukanye

Yanditswe na: Denise Iranzi
Taliki:21/08/2014 7:47
5


Abahanzi bagira ibyabo ariko hakaba n’abagira umwihariko utangaje. Uyu mugore ni umuhanga cyane mu gusiga ibirungo cyangwa se Maquillage/make up mu ndimi z’amahanga maze akaba yahindura isura y’umuntu mu y’undi.



Uyu mugore reo akenshi yibanda ku masura y’abantu bamamaye cyane bityo akaba ashobora kwisiga ibirungo ugasanga arasa n’umwe muri bo.

Reba amwe muri aya mafoto

D

1.Will Smith

S

2.Pharell Williams

1

3.Snoop Lion

S

4.Usher

D

5. Eminem

S

6.Jay Z

D

7.Chris Brown

S

8.Drake

 

Denise IRANZI






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • fabiola 9 years ago
    umu mugore ntiyoroshye.ese we ubu ntibyashobokako yaba umwe mubayobok ba eliminate?ntibisanzwe
  • jp9 years ago
    Kabisa nuwa mbere pe.ntibisanzwe
  • unknown9 years ago
    uyu mugore numu artist ndemeye pe
  • 9 years ago
    Abahanzi babahanga ninkaba ureke ibyabandi bigira aranyemeje kweli
  • kay9 years ago
    ariko se uzajya wese atera imber muzajya muvuga ngo ni illuminati ndibariza JP es uzi amteka yayo? ubundi mbere yo kuyivuga.





Inyarwanda BACKGROUND