RFL
Kigali

Wari uziko inkari ari umuti ukomeye w’ibiheri byo mu maso?

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:29/11/2017 10:04
4


Mu buzima busanzwe abantu benshi baziko inkari ari umwanda ukwiye gushyirwa ahantu hatagerwa n’abantu ariko mu by’ukuri nubwo ari ko bifatwa na benshi, inkari ni umuti ukomeye ku buzima bw’umuntu.



Amakuru dukesha ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo American Journal of Medicine avuga ko inkari zishobora kuvura indwara zitandukanye ku buzima bw’umuntu zirimo indwara y’ibiheri byo mu maso bikunda kuzahaza abantu b’igitsina gore cyane. Aha rero ubu bushakashatsi bwagaragaje ko umuntu ashobora kuzinywa cyangwa akazisiga aho ibiheri biri maze bigakira mu gihe gito.

Ku bantu kandi bakunze kugira iminkanyari mu maso cyangwa uruhu rukanyaraye nk’urw’abantu bakuze kandi bakiri bato, ngo inkari zishobora kubafasha gusubirana uruhu rutoshye nk’urw’umwana muto, aha ngo bisaba kuzoga buri gitondo ukibyuka.

 Src:Medecinenet.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • ndereyimana4 years ago
    muradutunga"ko tuzi yuko mubitsina haba indwara nyinshi inkari ni umut gute murakoze?
  • Ndayiramye styven3 years ago
    Inkari niki? Kontaco natahuye
  • Mutoni Cecile 10 months ago
    Nonese inkari umuntu yakwisiga yivura ibiheri ziba zimeze Zite?, nizo yaba amaze kunyara ako kanya cg zaba zimaze iminsi.
  • Ntakirutimana Jean Paul10 months ago
    Nizawe cyanga nizundi izishyushyex cyang izariz zoxe murakoze





Inyarwanda BACKGROUND