Mu buzima busanzwe abantu benshi baziko inkari ari umwanda ukwiye gushyirwa ahantu hatagerwa n’abantu ariko mu by’ukuri nubwo ari ko bifatwa na benshi, inkari ni umuti ukomeye ku buzima bw’umuntu.
Amakuru dukesha ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo American Journal of Medicine avuga ko inkari zishobora kuvura indwara zitandukanye ku buzima bw’umuntu zirimo indwara y’ibiheri byo mu maso bikunda kuzahaza abantu b’igitsina gore cyane. Aha rero ubu bushakashatsi bwagaragaje ko umuntu ashobora kuzinywa cyangwa akazisiga aho ibiheri biri maze bigakira mu gihe gito.
Ku bantu kandi bakunze kugira iminkanyari mu maso cyangwa uruhu rukanyaraye nk’urw’abantu bakuze kandi bakiri bato, ngo inkari zishobora kubafasha gusubirana uruhu rutoshye nk’urw’umwana muto, aha ngo bisaba kuzoga buri gitondo ukibyuka.
Src:Medecinenet.com
TANGA IGITECYEREZO