RFL
Kigali

Waba uzi impamvu ishobora gutuma umuntu arira mu gihe ari guseka?

Yanditswe na: Liliane Kaliza
Taliki:13/12/2017 19:03
0


Mu buzima busanzwe hari abantu benshi bakunze guhura n’icyo twakwita ikibazo mu gihe bagize ibyishimo bikabije bagaseka ariko wacunga no ku maso yabo ugasanga amarira ari gutemba ku matama yabo



Benshi mu bo twabashije kuganira nabo basanzwe babyibonaho bvuga ko ngo bishobora kuba biterwa n’uko bab baragize ibibazo by’ihungabana bakiri bato cyagwa bakiri mu nda za ba nyina bikaba ari na byo bituma bashobora kurira mu gihe bari guseka cyane

Mu gushaka kumenya byindhi kuri iki kintu kitavugwaho rumwe na benshi twifashishije igitabo cy’umushakashatsi Robert.R Provine aho avuga ko burya kurira mu gihe umunu ari guseka bidakwiye kumutera ikibazo kuko ngo ahubwo ari kimwe mu bimenyetso bishobora kukwereka ko ufite stress

Aha avuga ko iyo bimeze bityo umusemburo ushinzwe gugabanya isukari mu mubiri ukongera stress witwa cortisol uba wahuye n’uwitwa adrenaline utuma umutima utera cyane amarira akaremererwa bityo bigatuma mu gihe uri guseka ushobora no guhita urira muri ako kanya kandi mu byukuri wishimye

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND