RFL
Kigali

VIDEO: Sunday Justin watangije 'Igitenge Fashion Style' asanga abanyamahanga barusha abanyarwanda gukunda ibyakorewe mu Rwanda

Yanditswe na: UDAHOGORA Vanessa Peace
Taliki:1/07/2017 18:00
0


Mu gihe leta y’u Rwanda ishishikariza abanyarwanda gukunda ibyakorewe mu Rwanda muri gahunda ya Made in Rwanda, Sunday Justin watangije ‘Igitenge Fashion Style’, aracyahangayikishijwe n’uko abanyarwanda batibona mu byakorewe mu Rwanda ahubwo ugasanga bikundwa n’abanyamahanga.



Ubwo yatangizaga ‘Igitenge Fashion Style’ mu mwaka ushize, Sunday Justin yari abikunze kuko gukora iby’imyenda n’ibindi bikoresho byari inzozi ze. Yifuzaga ko abantu bahindura uburyo bafata igitenge, dore ko mu Rwanda byari bimenyerewe ko igitenge ari icy’abagore, nta muntu watekerezaga ko cyavamo ibindi bintu bitandukanye ndetse n’imyenda ibereye ijisho y’abantu bo mu byiciro bitandukanye.

Muri ‘Igitenge Fashion House’, uhasanga ibikoresho bitandukanye kandi bikoranywe ubuhanga n’ubwo ngo bimwe na bimwe biba bihenze bitewe n’uko hakiri imbogamizi ku bikoresho bikoreshwa ndetse n’ibindi bitandukanye.

Reba ikiganiro kirambuye hano:






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND