RFL
Kigali

Umukinnyi wa filime Lindsay Lohan yatunguranye asaba Perezida Museveni ko baganira

Yanditswe na: UDAHOGORA Vanessa Peace
Taliki:22/03/2017 14:00
1


Lindsay Lohan ni umukinnyi wa filime uzwi muri Hollywood, yamenyekanye cyane muri filime nka Mean Girls, The Parent Trap, Machete. I Know Who Killed Me n’izindi. Yagaragaje ko yifuza kuganira naperezida wa Uganda Museveni n’ubwo atatangaje icyo ashaka kuganira nawe.



Abinyujije ku rubuga rwe rwa Twitter, Lindsay Lohan yagize ati “@KagutaMuseveni ndashaka kuganira nawe!” (@KagutaMuseveni Iwant to chat with you). Abantu batandukanye batangajwe n’ibi, bamwe banakeka ko konti ya Lindsay Lohan yaba yinjiriwe.

Lindsay Lohan

N’ubwo ntawe uzi icyateye Lindsay Lohan gusaba Museveni ko baganira, birakekwa ko ari ibijyanye n’ibikorwa byo gufasha impunzi Lindsay Lohan amazemo iminsi byo kuvuganira impunzi zo muri Siriya.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Shaka Patrick7 years ago
    Hhhhh ni sawa da.





Inyarwanda BACKGROUND