RFL
Kigali

Umubare munini w’abashaka akazi niwo waranze intangirio y’imurikagurisha(expo) -AMAFOTO

Yanditswe na: Denise Iranzi
Taliki:28/07/2015 20:19
0


Imurikagurisha ry’umwaka wa 2015 riratangira kuri uyu wa 29, abantu benshi barimo abashoramari, ibigo bya Leta, ndetse n’abandi batandakanye bafite ibikorwa n’ibicuruzwa bitandukanye bifuza kumurika bamaze kugera aho rizabera.



Nk’uko hari abamurika ibikorwa ariko niko hari n’abashaka akazi ko kubafasha dore ko abenshi baba basize abakozi babo basanzwe ku mirimo basanganwe bityo abashomeri batari bafite ako kazi bakaboneraho umwanya wo kubona ibiraka mu gihe cy’ibyumweru bibiri iki gikorwa kizamara.

Abashaka akazi ni benshi kandi bagerageza mu bice byose

Abashaka akazi ni benshi kandi bagerageza mu bice byose

Kuko imirimo aba ari mike cyane rero ugereranyije n’abayikeneye mu bice bitandukanye byo mu imurikagurisha, usanga hari abiteguye gukora ibishoboka byose ngo babe babona akazi kugeza n’ubwo benshi birirwayo bategereje buri mushoramari wese uzana ibicuruzwa bye ngo bamwake akazi

Dore amwe mu mafoto y’uko iri murikagurisha ryiteguwe

 Mu marembo ya Expo Ground

Mu marembo

Mu marembo ya Expo Ground

Muri parking

Muri parking 

Aho Bralirwa izakorera yatangiye kuhategura

Bralirwa

Bralirwa

Bralirwa

Aho Bralirwa izakorera yatangiye kuhategura

Abacuruzi b'ingeri zitandukanye bamaze kugeza ibicuruzwa byabo ahabera imurikagurisha

Abacuruzi b'ingeri zitandukanye bamaze kugeza ibicuruzwa byabo ahabera imurikagurisha

Abashaka imirimo barimo n'ab'

Abana

Abashaka imirimo barimo ab'ingeri zose

Biganjemo urubyiruko

Urubyiruko


urubyiruko

Urubyiruko

 Abifuza akazi biganjemo urubyiruko

Muchoma yatangiye akazi hano

Muchoma yatangiye akazi hano






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND