RFL
Kigali

Ubutumwa bw'ihumure, amarira n'agahinda ni bimwe mu byagaragaye hashyingurwa Patrick Kanyamibwa - AMAFOTO&VIDEO

Yanditswe na: Editor
Taliki:12/09/2014 17:34
19


Kuri uyu wa gatanu tariki 12 Nzeri 2014 nibwo umunyamakuru Patrick Kanyamibwa yashyinguwe i Rusororo mu mujyi wa Kigali, uyu muhango witabiriwe n’abantu benshi cyane ukaba witabiriwe n’imbaga y’abantu benshi cyane biganjemo ibyamamare bitandukanye ndetse n’inshuti n’umuryango wa Nyakwigendera.



Uyu muhango wabaye ku masaha y’igicamunsi, waranzwe n’amarira n’agahinda ariko unagaragaramo ishyaka ku ruhande rw’abahanzi b’indirimbo zihimbaza Imana baririmbiye abari aha indirimbo nyinshi zitanga ubutumwa bwo gukomeza no guha ibyiringiro abasigaye, ubutumwa bwose bwatanzwe bukaba bwashimangiraga ko uyu mugabo agiye aherekejwe n’imirimo myinshi myiza yakoze.

Uyu muhango witabiriwe n'abantu benshi cyane

Uyu muhango witabiriwe n'abantu benshi cyane

Abantu bari baje gusezera kuri Patrick Kanyamibwa bari mu ngeri zitandukanye

Abantu bari baje gusezera kuri Patrick Kanyamibwa bari mu ngeri zitandukanye

Abahanzi batandukanye batanze ubutumwa butandukanye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana

Abahanzi batandukanye batanze ubutumwa butandukanye mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana

Umuhanzi Dudu ukomoka mu Burundi yari amaze iminsi akoze igitaramo mu Rwanda, Kanyamibwa ni umwe mu bamufashije cyane mu kugitegura

Umuhanzi Dudu ukomoka mu Burundi yari amaze iminsi akoze igitaramo mu Rwanda, Kanyamibwa ni umwe mu bamufashije cyane mu kugitegura

Benshi ntibarabasha kwiyumvisha ko Kanyamibwa atagihari

Benshi ntibarabasha kwiyumvisha ko Kanyamibwa atagihari

Uretse indirimbo, hanatanzwe ubutumwa butandukanye bwatanzwe n’umuryango, inshuti ndetse n’abanyamakuru n’abahanzi bakoranaga bya hafi na Patrick Kanyamibwa, ibyabaye byose bikaba byerekanye ko uyu munyamakuru yabanaga neza na benshi kandi akaba yaragiye afasha benshi mu bijyanye n’iyobokamana ndetse n’itangazamakuru muri rusange tutibagiwe n’abahanzi ariko cyane cyane abaririmba indirimbo zihimbaza Imana.

kanyamibwa

Kanyamibwa

Patrick Kanyamibwa yatabarutse afite imyaka 32 gusa y'amavuko kuko yavutse tariki 5/5/1982

Abahanzi benshi cyane abaririmba indirimbo zihimbaza Imana ntibazibagirwa Kanyamibwa

abahanzi

abahanzi

Abahanzi benshi cyane abaririmba indirimbo zihimbaza Imana ntibazibagirwa Kanyamibwa

Imva yari irimo umurambo wa nyakwigendera

Isanduku yari irimo umurambo wa nyakwigendera

Hatanzwe ubutumwa butandukanye bwiganjemo ubutanga ihumure

Hatanzwe ubutumwa butandukanye bwiganjemo ubutanga ihumure

imva

kanyamibwa

Inshuti n'abavandimwe ba Kanyamibwa Patrick bari bafite agahinda kenshi

Inshuti n'abavandimwe ba Kanyamibwa Patrick bari bafite agahinda kenshi

kanyamibwa

kanyamibwa

Umugore wa Kanyamibwa witwa Mukabacongo Jeannine n'umwana wabo Kenzo ntibarabasha kubyiyumvisha

Umugore wa Kanyamibwa witwa Mukabacongo Jeannine n'umwana wabo Kenzo ntibarabasha kubyiyumvisha

Uyu muhango wagaragayemo abantu bari buzuwe n'umubabaro wo kubura Kanyamibwa

Uyu muhango wagaragayemo abantu bari buzuwe n'umubabaro wo kubura Kanyamibwa

Patrick Kanyamibwa yazize impanuka ya moto yabaye kuwa gatatu nimugoroba ku Kimihurura mu mujyi wa Kigali, akaba yarahise ajyanwa mu bitaro bya Kibagabaga ariko akihagera ahita ashiramo umwuka. Kanyamibwa yari umugabo wubatse, akaba yarasize umugore bari bamaranye imyaka irenga ine bashakanye, akaba yasigaranye n’umwana umwe w’umuhungu babyaranye.

Kanyamibwa

kanyamibwa

kanyamibwa

kanyamibwa

Abantu benshi bari bafite agahinda, amarira ari yose

kanyamibwa

kanyamibwa

Abantu benshi bari bafite agahinda, amarira ari yose

Tom Close ni umwe mu byamamare byitabiriye uyu muhango, aha yari kumwe na Producer Clement

Tom Close ni umwe mu byamamare byitabiriye uyu muhango, aha yari kumwe na Producer Clement

Kenzo Kanyamibwa; umuhungu wa Patrick Kanyamibwa, yasaga n'utazi neza ibyamubayeho

Kenzo Kanyamibwa; umuhungu wa Patrick Kanyamibwa, yasaga n'utazi neza ibyamubayeho

Umugore Patrick Kanyamibwa yasize we ntarabasha kwiyumvisha ibyabaye

Umugore Patrick Kanyamibwa yasize we ntarabasha kwiyumvisha ibyabaye

Dore incamake y'uko byari byifashe mu muhango wo gushyingura nyakwigendera


Manirakiza Théogène

Photo: Cyril & Kitoko






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 9 years ago
    Nyagasani akwacyire!!!!!!!
  • Modesta9 years ago
    IMANA imuhe iruhuko ridashira
  • ngabo9 years ago
    Imana IMwakire mubayo kandi nizereko imirimo myiza yakoze Imana Izayimuhembera
  • iryivuze Dashar9 years ago
    imana imuhe iruhuko ridashi
  • pacy9 years ago
    Patri iruhukire, ndababaye ndababaye, Imana niyo izi ibigukwiye kuko wari inanga rugero. uwashyiraho foundation yitwa Kanyamibwa ikazajya ifasha uriya muhungu we disi
  • 9 years ago
    RIP imana imwakire mubayo
  • Frora9 years ago
    Imana imwacyire.umuryango nabavandimwe mwihangane
  • 9 years ago
    Imana imwakire mube kd umuryango we bakomeze bihangane
  • Adeline9 years ago
    niyiruhukire mama imirimo myiza yakoze imuherekeze Imana imuhe iruhuko ridashira
  • umurerwa9 years ago
    Kwihangana bitera kunesha nibakomere pe patric nawe imana imwakire.
  • Ishimwe Chalres9 years ago
    Twifatanije Numuryango Wakanyamibwa Mukababaro Gakomeye Tubabwirako Iri Atariryo Herezo Rya Gatric Kanyamibwa Kubwimirimo Myiza Yakoreye Muri Iyisi Izamuherekeza Tuzahurira Kwa Jambo Imana Imwakire Mubayo
  • ngira sylivin9 years ago
    uwiteka amwakire my bayo natwe tuzahora tumwibuka
  • caroline uwanyuze9 years ago
    Patrick iruhukire mu mahoro Kandi murimo yawe myiza yaguherekeje
  • musa9 years ago
    imana imworohereze
  • niyomukiza pierre9 years ago
    gusa kwisi turabashyitsi mwijuru nihiwacu gusa bisaba kubigaranira Imana imwakire mubayo
  • 9 years ago
    Birababaje gusa ntakundi imana imuhe iruhuko ridashira. imiryango ye yihangane. Mammy
  • 9 years ago
    nyagasani mana niwowe kuki wemera ko abagukorera biriya bibabaho gusa warumugambi umufuteho kdi umwakire mubawe amen
  • 9 years ago
    imana imwakire mubayo
  • TUYISHIMI Isdore9 years ago
    imirimo umuntu akorera mu isi niyo izamuherekeza.mukomere





Inyarwanda BACKGROUND