Perezida Kagame agiriye uruzinduko muri iki gihugu nyuma y’urwo mugenzi we wa Djibouti Ismaïl Omar Guelleh yagiriye mu Rwanda rukamara iminsi ibiri muri Werurwe umwaka ushize. Muri urwo ruzinduko rwa Perezida Ismaïl, yahawe ubutaka na Leta y’u Rwanda bungana na hegitari 10 buherereye mu gice cyagenewe inganda mu Mujyi wa Kigali (Kigali Special Economic Zone ).
Perezida Kagame ubwo yakirwaga na mugenzi we wa Djibouti, Ismaïl Omar Guelleh, ku kibuga cy'indege
Perezida Kagame ari mu ruzinduko rw'akazi mu gihugu cya Djibouti
Amafoto :@UrugwiroVillage
TANGA IGITECYEREZO