RFL
Kigali

URUKUNDO: Ndimo kurangiza kaminuza ndifuza umufasha twabana iteka, agomba kuba ari mugufi afite akazi akunda no gusenga

Yanditswe na: Editor
Taliki:20/02/2018 14:29
5


Nk'uko dukunze kubagezaho inkuru z'urukundo, kuri iyi nshuro Inyarwanda.com tugiye kubagezaho ubutumwa bw'umusore watwandikiye akatubwira ko ashaka umukunzi bazabana iteka. Ni umusore w'imyaka 35 urimo kurangiza kaminuza.



Ubutumwa uyu musore yatwandikiye buteye gutya: "Muraho nshuti nje hano rwose ndi serious nshaka umukunzi mfite imyaka 35 ndimo kurangiza Kaminuza uyu mwaka wa 2018. Ndimo kwifuza umufasha twabana iteka, uwo mufasha agomba kuba yujuje ibi bikurikira; Kuba afite akazi kamufashije, kuba ari hagati y'imyaka 30 na 40 kandi akaba akunda gusenga kuko gusenga ni bwo buzima agomba kuba ari romantic cyane, abaye mugufi byaba byiza kuko nkunda abakobwa bagufi kandi aramutse ari na fille mere nta kibazo njyewe nditeguye kumukunda. Nyamuneka niba ukina sigaho kumpamagara cyangwa ngo unyandikire dore numero yanjye ni +250784815517, iyi MTN ikoreshwa no kuri whatsup. Murakoze. Ndagutegereje."

Tubibutse ko umuntu ushaka kugisha inama kuri inyarwanda.com, yohereza ubutumwa bukubiyemo ikibazo cye kuri Email yacu: nkoreiki@gmail.com kandi umwirondoro we ugirwa ibanga 100 %. Amafoto dukoresha kuri izi nkuru akurwa kuri internet.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • haba 6 years ago
    umva nguhe inama musaza wwe higa ipinda mase wirebere ukuntu ibikobwa bizakwizanira .ubu niyo system igesweho ntag bikidutesha igihe never!!
  • Nana6 years ago
    Ibikobwa byandese Mr. Ikinyabufura kibarange pee!
  • 6 years ago
    hello ninjye bashyiriyeho ubu butumwa ndasabye banza usome neza conditions zikenewe kuko hari abarimo kwica amabwiriza niba anvuze ukunda gusenga nibyo. niba navuze umukobwa mugufi ibyo ndabigendraho. kandi ufite hagati ya 30 na 40 ans nuko wiza kunyemeza ko unkunze hashira isegonda ugahita umbroka kandi ama serious sinaje gukina Murakoze ! nta nshuti ndaboana rwose uwumva ari interested you are welcome
  • Innocente6 years ago
    Ariko ni ukuri ntugirengo rwose ndabaca intege.Nigute umara imyaka ingana gutyo utarabona umukunzi.ufite ikibazo,reba aho wize hose koko wabuze umukunzi.Ngaho iyizire rero ariko ndabanza ngusuzume.
  • Theo5 years ago
    Innocente uransekeje!!! Urukundo nta mategeko arugenga rujya ago rushatse. Ubu se umuntu ava Rubavu akajya kuzana umugore cg akajya gushaka Nyagatare anyuze m,uturere tungahe? Nukora ubushakashatsi se ahubwo abantu biganye cg bakoranye abashakana ugasanga ari bangahe Ku ijana? Sha wowe urakina! None wowe wari warategereje iki!!!! Umva ahubwo umukobwa wumva yibitseho kugafranga yarabuze urukundo nazane tugurane kdi njyewe ndarumuha rwose bihwaniremo ntabyo kurugabanya. Uwumva afite gahunda njyiyi WhatsApp no +250784289678.





Inyarwanda BACKGROUND