RFL
Kigali

NKORE IKI: Ndi umusore w'imyaka 26 nkeneye umukunzi, ndashaka umukobwa w'inzobe utarishishuye

Yanditswe na: Editor
Taliki:10/01/2018 12:24
12


Umusore utuye muri Kigali mu karere ka Nyarugenge yatwandikiye atubwira ikibazo afite cyo kuba nta mukunzi afite mu gihe ari umusore udahagaze nabi na cyane ko afite akazi kamutunze muri Kigali. Yasabye Inyarwanda ko yamuhuza n'umukobwa ukeneye umukunzi.



Ubutumwa bw'uyu musore buteye gutya:"Mwiriwe neza mbifurije umwaka mushya mwese. Nkunze kubona mutanga ibitecyerezo bikubaka umuryango nyarwanda muranyihanganira sindi buvuge umwirondo wanjye ntuye Nyarugenge mfite imyaka 26 y'amavuko nifuzaga umukunzi. Ndi imibiri yombi sindi muremure cyane. Simbyibushye cyane kandi sinanutse."

Yakomeje agira ati: "Ndifuza umukunzi uzi ko nawe afite urukundo bibaye akarusho afite akazi byamfasha nanjye ndagafite ariko atari uwo gukina no kuntesha umwanya. Ndashaka umukobwa w'inzobe ariko utarishishuye, utabyibushye cyane kandi uzi gukunda icyo ari cyo. Kuba mbandikiye si uko ndi ikigwari byananiye gutereta ahubwo icyo ushaka unyura inzira zose. Ku muntu wumva bishoboka yanyandikira muri comment tugahura tukabiganiraho murakoze. Amahoro y'imana abane namwe."

Tubibutse ko umuntu ushaka kugisha inama kuri inyarwanda.com, yohereza ubutumwa bukubiyemo ikibazo cye kuri Email yacu: nkoreiki@gmail.com kandi  umwirondoro we ugirwa ibanga 100 %.  Amafoto dukoresha kuri izi nkuru akurwa kuri internet.

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Clema6 years ago
    Ndahari ark mfite akazi gaciriritse nimero yanjye ni0782212641
  • 6 years ago
    jya kumugura muri supermarket
  • 6 years ago
    jya sodoma muri gikondo majerwa kumugproba uramutahana sha
  • Tito6 years ago
    Iyahure
  • Theos mbone6 years ago
    Umve weho ahubwo senga lmana nicyo nakubwiraga kuko Bible ivugako umugoremwiza umuhabwa n'lmana naho ibyo byokuba inzobe n'akazi byobireke.
  • ishimwe6 years ago
    Byababyiza tumenyanye nibabikunda mfiti myaka 23 murakoze
  • 6 years ago
    Hamagara kuri izo number 0785149599
  • hakizimana fideri6 years ago
    ihangane kugerakure sikogupfa imana izagufashe ubone umukunzi wifuza
  • Ange6 years ago
    ok, umampagare tuganire kurizi number' 0787203234.
  • 5 years ago
    Singibwa kuvuga amazina hano gsa ndumusore w'imyaka 27 mba kgli kanombe ndifuza umukobwa ufite gahunda murukundo singobwa isura icyambere numutima bibaye byiza yaba afite akazi kko nanjye ndagafite,uwumva twabobana tukabiganiraho yampamagara cga akanyandikira kuri wtsp nmbr ni 0782612041 murakoze
  • Zzxx4 years ago
    Nanjye ndi umusore ukuze ucyeneye umukunzi umukobwa nawe ukuze guhera kuri 30ans kuzamura. Ubu nta kazi mfite uwumva acyeneye urukundo atitaye kukazi twaganira akamenya impamvu kdi tugashaka icyo twakora ndizera abashyize hamwe ntakibananira. Ibintu birashakwa kdi bigashira bagahaha. Ufite gahunda yo kubaka atari ibyo kwirirwa umuntu acyina anyandikire kuri theogene997@gmail.com NB: ubaye ukunda abantu gusenga no kubaha Imana byaba ari akarusho.
  • Niyonkuru 4 years ago
    Ndashaka umukunzi UMUKOBWA ufite gahunda twavugana 0785168810





Inyarwanda BACKGROUND