RFL
Kigali

MU MAFOTO: Uko byari bimeze i Gikondo mbere y'amasaha macye ngo imurikagurisha ritangire

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:21/08/2017 21:54
0


Kuri uyu wa kabiri tariki 22 Kanama 2017 ni bwo i Gikondo hatangira kubera imurikagurisha Mpuzamahanga rizarangira tariki 6 Nzeri 2017. Mbere yuko iri murikagurisha riba, ku mugoroba w'uyu wa Mbere, Inyarwanda.com twasuye aho rigiye kubera kugira ngo tubereke uko imyiteguro imeze



Ubwo umunyamakuru wacu yageraga i Gikondo ahagiye kubera iri murikagurisha mpuzamahanga (Expo 2017),yasanze imyiteguro ari yose ku bacuruzi n’ibigo bitandukanye aho aba bose bamaze gutegura neza aho bagomba kumurikira ibicuruzwa byabo muri iri murikagurisha. Abantu benshi wabonaga banyuranamo barimo kwitegura, abandi akazi bakamereye nabi ndetse hari harimo n'abashakaga akazi dore ko iri murikagurisha ritanga akazi ku bantu batari bacye. 

Nkuko umuyobozi w’Urugaga Nyarwanda rw’Abikorera (PSF), Gasamagera Benjamin, yabitangarije itangazamakuru, imurikagurisha rya 20 riratangira kuri uyu wa Kabiri tariki 22 Kanama rizasozwe tariki 6 Nzeri 2017 bikaba biteganyijwe ko ari naryo ryo murikagurisha ribanziriza irya nyuma rizabera i Gikondo mu Mujyi wa Kigali. Muri iyi nkuru turabagezaho uko byari bimeze i Gikondo ku mugoroba w'uyu wa Mbere ndetse n'uko byari bimeze mu ijoro rishyira kuwa Kabiri umunsi iri murikagurisha ryatangiriyeho. 

REBA UKO BYARI BIMEZE MU IJORO RISHYIRA UYU WA KABIRI

Bralirwa

Bralirwa yiteguye kumurikira abantu ibinyobwa byayo

BralirwaBralirwaBralirwa

Abakunda agatukura namwe mwitaweho cyane

BralirwaBralirwaExpo20Expo20Expo20Expo20MTN

MTN Rwanda ni aha muyisanga

Expo20

MTNExpo20Expo20Expo20Expo20Expo20

RBA yiteguye neza gutangirana n'iri murikagurisha

REBA UKO I GIKONDO BYARI BIMEZE KU MUGOROBA W'UYU WA MBERE

Expo20Expo20

Ni imurikagurisha mpuzamahanga

Expo20

Expo20

Expo20Expo20

Skol iriteguye,.. hehe n'icyaka ku bazitabira Expo

Expo20

Expo20Expo20

Akazi bari bakamereye nabi

Expo20Expo20

Expo20

Itel ni hano izamurikia Telephone zayo zigezweho

Expo20Expo20Expo20Expo20Expo20Expo20Expo20Expo20Expo20Expo20Expo20

Bralirwa yiteguye neza kwakira abayigana bayisanze muri Expo,.. hehe n'icyaka

Expo20Expo20Expo20Expo20Expo20Expo20ExpoExpo20Expo20Expo20

Ba mucoma bahageze nk'ejo

Expo20Expo20Expo20Expo20Expo20Expo20Expo20Expo20Expo20Expo20Expo20Expo20Expo20Expo20

Tecno Mobile ni aha mugomba kuyisanga,..za telephone zayo zigezweho ntizibacike

Expo20

MTN aho wajya hose ugomba kuyihasanga, aha ni ho muyisanga

Expo20Expo20

Expo20Expo20Expo20

AMAFOTO: Ashimwe Shane-Afrifame Pictures & Iradukunda Desanjo-Inyarwanda.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND