RFL
Kigali

MU MAFOTO: Uko byari bimeze hirya no hino mu gihugu ubwo abanyarwanda batoraga Perezida wa Repubulika

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:4/08/2017 7:58
0


Kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Kanama 2017 kuva Saa moya za mu gitondo abanyarwanda baba mu Rwanda bari mu gikorwa cy'amatora ya Perezida wa Repubulika y'u Rwanda. Muri iyi nkuru tugiye kubagezaho uko byari byifashe hirya no hino mu gihugu muri iki gikorwa cy'amatora.



Nubwo igikorwa cy'uyu munsi cyo gutora Perezida w'u Rwanda cyatangiye Saa Moya za mu gitondo, kuva Saa munani z'ijoro abaturage hirya no hino mu gihugu bari batangiye kugera ku biro by'itora mu ntego yo gutora kare bakihitiramo uwo bashaka ko ayobora u Rwanda muri iyi myaka 7 iri imbere. 

AMAFOTO YUKO BIMEZE MU MATORA YA PEREZIDA


Ubwo Perezida Kagame na Madamu we bari bageze ku biro by'itora

Paul Kagame

Paul Kagame na we yatoye

Amatora

Amatora

Amatora

Minisitiri Philbert Nsengimana n'umufasha we batoreye kuri APAPER

Amatora

Amatora

Miss Hirwa Honorine ku murongo ajya gutora

Amatora

 Amatora

Mussa Fazil Harerimana yari yaherekejwe n'abana be gutora

Amatora

Amatora

Umuhanzi Senderi ku murongo agana mu cyumba cy'itora

Amatora

Abatabonye umwanya wo kujya aho bibarurije kubera impamvu z'akazi bari bemerewe gutorera aho bakorera

 Amatora

Yatoye

 Amatora

Amatora

 Amatora

Amatora

Mu cyumba cy'itora

Amatora

Ashimishijwe no gutora bwa mbere mu mateka ye

Amatora

Ku murongo bitegura kwinjira mu cyumba cy'itora

Amatora

Ku biro by'itora bahataka bitandukanye

Patient Bizimana

Umuhanzi Patient Bizimana ukora umuziki wa Gospel na we yatoye


Pasiteri Bizimungu wabaye Perezida w'u Rwanda nyuma ya Jenoside yakorewe Abatutsi yatoreye i Gikondo

Gatsibo

Ntibisanzwe pe,...hano ni i Kiramuruzi mu karere ka Gatsibo

Gatsibo

Mu karere ka Gatsibo bateguye mu buryo butangaje ahari ibiro ry'itora

GatsiboGatsibo

Ukigera ku biro by'itora uhita ubona abantu bakwakirana urugwiro

Gatsibo

Abaturage bari bitabiriye cyane amatora kandi bahagera kare

Mpayimana uri mu bahatanira kuba Perezida yagiye gutorera Camp Kigali


Guverineri w'Intara y'Uburasirazuba Mukazayire Judith yatoreye i Kayonza


Kanombe ho ntibisanzwe,.. iri torero ririmo gususurutsa abarimo gutora



Abapolisi mu gikorwa cy'amatora

Perezida wa Sena Makuza yagiye ku murongo nk'abandi

Makuza Bernard Perezida wa Sena ubwo yari arimo gutora

Abakorera bushake barahirira inshingano zo gukurikirana imigendekere myiza y’amatora ya Perezida

Aba bakorerabushake ni abo muri Kacyiru,... na bo bazindutse cyane

Barafinda Sekikubo Fred washakaga kwiyamamariza kuba Perezida, yatoreye i Kanombe

Umukandida Dr Frank Habineza wa Green Party ubwo yari amaze gutora


Boniface Rugacu uyobora Itorero ry'Igihugu ubwo yari yamaze gutora


Minisitiri Biruta Vincent Umuyobozi w'Ishyaka rya PSD ubwo yari mu gikorwa cy'amatora

I Kagugu abizinduye batoye kare bahita bigira mu mirimo yabo

Umubyizi ni uwa kare,.. bamaze gutora

Miss Rwanda 2017 Iradukunda Elsa ubwo yajyaga gutora

Kuri site y’itora yo mu mudugudu wa Mapfundo akagari ka Mubuga mu murenge wa Shyogwe naho bwagiye gucya abantu babaye benshi

Mu kagari ka Mubuga mu murenge wa Shyogwe,.. abaturage mu gikorwa cy'amatora

Kuri site y’itora mu mudugudu wa Gatare, Akagari ka Butare mu murenge wa Cyeru mu karere ka Burera

Hano ni mu karere ka Burera mu murenge wa Cyeru mu kagari ka Butare

Avuye mu cyumba cyo gutereramo arashyira urupapuro rwe rw'itora ahabugenewe

Gutora ni mu ibanga,... arashyira ijwi rye ahabugenewe

Atewe ishema no kuba yitoreye Perezida w'u Rwanda

Ahari kubera amatora hateguwe neza cyane

Kuri site y'itora ya Nyakanama mu kagari ka Cyivugiza mu murenge wa Muko kumi za mugitondo zirenzeho iminota micye umunyamakuru wacu yasanze abaturage nka 15 bari ku murongo. Photo/EmileDusenge/Umuseke

Hirya no hino abaturage bazindutse mu cya kare bajya gutora Perezida

Kuri Site ya Kazo mu murenge wa Kazo mu karere ka Ngoma, aba mbere bahageze saa kumi n'imwe zibura iminota micye. Photo/EliaBYUKUSENGE/UMUSEKE

Mu karere Ngoma na ho bazindutse aha bari bategereje ko Saa moya zigera

Kuri site y’itora yo ku mudugudu wa Kubidandi, akagari Kagasa, umurenge Gahanga muri Kicukiro abahageze saa kumi n’imwe basanze hagifunze

I Kiziguro mu karere ka Gatsibo na bo bahageze kare cyane

Kuri site y’itora ya Pepe2 mu kagari ka Kanyefurwe Umurenge wa Nyakiriba muri Rubavu, Saa kumi n’imwe n’igice abaturage bari batoye imiringo

Rubavu na ho bazindutse

Bwagiye gucya bari ku mirongo

Hano ni i Mageragere muri Nyarugenge






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND