RFL
Kigali

Miss Bellange Muhikira, Nyampinga wa UNILAK ari mu gahinda ko kubura papa we

Yanditswe na: Editor
Taliki:6/06/2017 18:15
2


Miss Irene Bellange Muhikira watorewe kuba Nyampinga wa kaminuza ya UNILAK muri 2011, yagize ibyago abura papa we umubyara witwa Muhikira Longin witabye Imana ku mugoroba w’uyu wa Kabiri tariki 6 Kamena 2017 azize uburwayi yari amaranye iminsi.



Nkuko Inyarwanda yabitangarijwe n’abo mu muryango wa Nyakwigendera Muhikira Longin, ni uko uyu mubyeyi wa Miss Bellange Muhikira yitabye Imana azize indwara ya Cancer. Nyakwigendera yari umusaza ukunda Imana n’abantu, akaba yari atuye muri Gatsata mu mujyi wa Kigali. Miss Irene Muhikira uzwi ku kazina ka Bella, akaba umukobwa wa nyakwigendera, yatorewe kuba Nyampinga wa mbere wa kaminuza ya UNILAK kuwa 25 Nzeri 2011, atangira inshingano ze mu mwaka wa 2012. Kugeza ubu ni we ucyambaye ikamba rya Miss UNILAK kuko hatigeze hatorwa undi umusimbura.

Muhikira

Nyakwigendera Muhikira Longin

Miss Irene MuhikiraMiss Irene Muhikira

Miss Bellange Muhikira nyampinga wa kaminuza ya UNILAK ari mu gahinda ko kubura Se umubyara






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Claudien6 years ago
    Mes sincères condoléances mon amie soit forte dans ces moments difficiles. Que son âme repose en paix
  • NKUNDIYE Peter6 years ago
    R.I.P uduteye agahinda mubyeyi gusa twese tuzagusangayo niyo nzira nubwo kubyakira bituvuna Irene ihangane ukomere ariko ushobozwe byose na Christu uguha imbaraga





Inyarwanda BACKGROUND