RFL
Kigali

Lady Mariam (Tindatine) umaze igihe ashaka umugabo baryamana akamuhaza yabuze uwamwikoza

Yanditswe na: Editor
Taliki:17/12/2014 9:34
38


Umuhanzikazi Lady Mariam wo mu gihugu cya Uganda wamenyekanye cyane mu ndirimbo Tindatine nyuma yo gutangaza ko nta mugabo urabasha kumushimisha mu bijyanye no gutera akabariro ndetse agashakisha ngo arebe ko yabona uwagerageza akamurutira abandi bose yagiye aryamana nabo, ubu noneho byamushobeye.



Muri Kamena uyu mwaka, uyu muhanzikazi mu kiganiro yagiranye na radio yo muri Uganda yashimangiye ko abagabo bose yagiye aryamana nabo batigeze babasha kumunyura. Uretse ibyo kandi, uyu mugandekazi yagiye anavugwaho gukundana n’abagabo benshi bo mu mujyi wa Kampala ndetse harimo n’umunya Sudan Tito Tong ariko nawe baza gushwana, bivugwa ko uwo baryamanaga ntamunyure yahitaga amureka.

tindatine

Uyu muhanzikazi bakunze kwita Tindatine kubera izina ry’indirimbo ye yitwa gutyo yakunzwe cyane ari nayo yamufashije kumenyekana, mu kiganiro n’iyo radio yatangaje ko yatangiye gushaka umugabo wabasha kumunyura akaziba icyuho cy’abandi bose baryamanye ntibabashe kumushimisha uko bikwiye.

Mu byatangaje abantu cyane, harimo kuba muri icyo kiganiro Lady Mariam yaranatangaje ko yakundanye n’abagabo batatu mu mwaka umwe, ariko abo bose bakaba bararyamanaga nawe ntibabashe kumuhaza ngo yumve anyuzwe ari nayo mpamvu amaze igihe yifuza uwabasha kuziba icyuho cy’abo yagiye akundana nabo bose bakanaryamana, gusa ubu amakuru dukesha ikinyamakuru Bigeye arahamya ko yaburaniwe kuko nta musore ukimwikoza.

Tindatine

Nk’uko iki kinyamakuru gikomeza kibivuga, ngo uyu muhanzikazi amaze iminsi asohoka wenyine kandi ari umwe mu bakobwa basohokanaga cyane n’abagabo benshi batandukanye, ibi ngo bikaba bishobora kuba biterwa n’uko atakibarizwa mu bahanzi bakunzwe kuko hari abasore benshi babimukundiraga, ubu ngo akaba asigaye anagaragara nk’umukobwa uciriritse kandi yari umukobwa wakururaga abagabo batari bacye muri Uganda.

Manirakiza Théogène






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • MUHORACYEYE AIME PACIFIQUE9 years ago
    TINDATINE NI VUMBI NTACYO NARENZAHO NUMIWE UBWO SE NIWE WABITAMBAJE WANA?
  • HASSAN ISSA9 years ago
    MURAHONEZA UBUSE NTABWO YANDUYA AGAKOKO GATERA SIDA
  • 9 years ago
    Tsindwa mwizina rya yesu......................ngo uguhaza?????????
  • benihirwe aphrodiss9 years ago
    abasore nibamugendere kure kbs
  • twahirwa jamus9 years ago
    uyumukobwa afite ikibazo cyihariye bitewe nukuntunzi abasajya arinkwakuzi mugutera akabariro
  • twahirwa jamus9 years ago
    uyumukobwa afite ikibazo cyihariye bitewe nukuntunzi abasajya arinkwakuzi mugutera akabariro
  • muneza9 years ago
    yizhyize kukarubanda ntawamwiteza
  • Emmy Smart TUYISEMGE9 years ago
    Ngaho re! Ubwo se aracyarimo ubuntu ra?
  • 9 years ago
    Nukobimeze ahaa ndumiwejyewe nacyindinavugape.
  • 9 years ago
    Nukobimeze ahaa ndumiwejyewe nacyindinavugape.
  • Robert9 years ago
    Najye muri Eglise asenge yizeye, nibyo bizamuha amahoro, naho ubundi yapfuye ahagaze too!!
  • Aferky9 years ago
    Naze mwereke umuntu Musanze amurize nako amusetse bucye.
  • Aferky9 years ago
    Naze mwereke umuntu Musanze amurize nako amusetse bucye.
  • BOB9 years ago
    ahaaaa!!!! kuriy ingingo ho muravuga!!!!
  • Cyaka9 years ago
    Lady nimumureke kuko yahazwa n,incurano.
  • Bugingo 9 years ago
    ndumva bitoroshye ubwo kampala yose yabuze uwa munyura inama nuko yaza ikigali harabasore babukereye ndavuga babunganizi
  • akimanimpaye Gilbert9 years ago
    KO ntanimero mwaduhaye?
  • Twiringire9 years ago
    Azaze murwanda muri kabuga vile niho harabasore bazamukosora bamupfubure atahe yizihiwe atwirahira
  • huya9 years ago
    ajye yitera finger
  • aroni9 years ago
    yewe ndumva aruwo gusengerwa da





Inyarwanda BACKGROUND