RFL
Kigali

KIMIRONKO: Uko ubuzima bwari bwifashe kuri gereza ya Gasabo nyuma yo kwibasirwa n'inkongi y'umuriro- AMAFOTO

Yanditswe na: Ihorindeba Lewis
Taliki:31/03/2017 16:10
1


Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu nibwo amakuru yacicikanaga ahantu henshi mu bitangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga avuga ko gereza ya Gasabo iherereye Kimironko yafashwe n’inkongi y'umuriro, gusa inzego zishinzwe ubutabazi bafatanyije na Police bakaba bahise bahagoboka n'ingoga bazimya uyu muriro mu masaha yakurikiyeho.



Komiseri mukuru w’urwego rw’igihugu rushinzwe imfungwa n’abagororwa George Rwigamba akaba yabwiye abanyamakuru ko nta muntu n’umwe wapfiriye cyangwa wakomerekeye muri iyi nkongi gusa icyayiteye kikaba kitaramenyekana.

kimironko

kimironko

Kizimyamwoto zahahuriye ari nyinshi

kimironko

 kimironko

Uku niko bajya ahari umuriro

kimironko

Aha niho abagororwa babaye bicajwe mu gihe hatarafatwa umwanzuro w'aho baba bimuriwe

kimironko

kimironko

Umuhanda uva Kimironko ugana Zindiro wari ufunze

kimironko

George Rwigamba, komiseri mukuru w'urwego rw'igihugu rushinzwe imfungwa n'abagororwa avugana n'abanyamakuru

Amafoto:Lewis IHORINDEBA/inyarwanda.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 6 years ago
    Bihangane Cya Ne





Inyarwanda BACKGROUND