RFL
Kigali

Kigali: Inkongi y’umuriro yibasiye mu Gakinjiro ka Gisozi-AMAFOTO

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:28/04/2017 9:48
2


Kuri uyu wa Gatanu tariki 28 Mata 2017 mu masaha ya mugitondo, inkongi y’umuriro yibasiye agace k’ubucuruzi hafi y’inyubako ya Etage y’ishyirahamwe ADARWA mu Gakinjiro ku Gisozi. Ishami rya Polisi rishinzwe kurwanya inkongi rikaba ririmo kugerageza kuzimya iyi nkongi.



Kugeza ubu ntabwo haramenyekana icyaba cyateye iyi nkongi y’umuriro, gusa hari amakuru avuga ko yatewe n’amashanyarazi nkuko Emmanuel Mugabo ukora muri aka gace k’ubucuruzi yabitangarije Umuseke. Iyi nkongi ikimara kwibasira aka gace, abacuruzi bahacururiza bahise basohokana ibicuruzwa byabo ngo bidakongoka mu gihe polisi ikirimo kugerageza kuzimya iyi nkongi.  

Police mu bikorwa byo kuzimya uyu muriroPolisi

Polisi iri kuzimya iyi nkongi y'umuriro






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • majoro Daniel6 years ago
    Barebe icyaba cyateye iyi nkongi pe.
  • Dushimirimana Theoneste6 years ago
    Birababaje Pe?





Inyarwanda BACKGROUND