RFL
Kigali

Kigali: Habonetse umuti ukomeje gufasha abagabo bagira ubushake buke n’ibindi bibazo bituma badatera akabariro uko bikwiriye

Yanditswe na: Christophe Renzaho
Taliki:30/06/2015 10:13
1


Imigendekere mibi yo gutera akabariro nicyo kibazo cy’ibanze giteza ubwumvikane buke hagati y’abashakanye ndetse bakaba banacana inyuma . Abagabo bakunda gucika intege muri iki gikorwa cyangwa se ntibabashe kwizihira abagore babo bibatera ipfunwe.



Kutamara amata, kugira ubushake buke cyangwa bwa ntabwo(impuissance), kumara igihe gito mu gihe cy’igikorwa ni bimwe mu bibazo bihurirwaho n’abagabo benshi nyamara bituma bumva bahora biyanze kuko baba batabasha kurangiza inshingano zabo nk’abagabo. Mu gushaka gufasha aba bagabo twanyarukiye ku ivuriro Horaho Life rivura indwara zinyuranye ariko by’umwihariko bakaba bafite umuti ufasha abagabo cyane bafite ibibazo nk’ibyo twavuze haruguru witwa Vigpower uba ukoze mu buryo bw’ibinini.

vigpower

Umuti wa Vigpower ufasha abagabo gusubirana imbaraga bahoranye

Uyu muti ukomeje gufasha benshi mu bagabo bawukoresheje ndetse benshi bawuvuga imyato. Vigpower ni umuti ufite akamaro kanini  cyane cyane ku bagabo bagira ubushake buke mu gihe cyo gutera akabariro. Hari ababa baragiye kwa muganga ariko ikibazo ntigikemuke. Uyu muti wa Vigpower ukoze mu bimera uwukoresheje asezera burundu kuri iki kibazo gikomeje gutandukanya imiryango myinshi.

Tuganira na muganga Uwizeye Dieudonne wo muri Horaho Life yadutangarije ko benshi mu babagana bagarutse kubashimira kubwo kubafasha. Ati “ Ubundi twe dukurikirana umurwayi n’uko afata imiti. Abagabo twagiye duha uyu muti benshi bagarutse kudushimira kuko ahanini bazaga ingo zabo zirimo ibibazo kubera kugira ubushake buke mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina, kurangiza vuba, gutinda kongera kugira ubushake n’ibindi bibazo binyuranye. Ni umuti mwiza kuko nta ngaruka mbi ugira ku mubiri w’umuntu. Utangira kugira ingaruka nziza kuwukoresheje nibura mu gihe cy’ibyumweru hagati ya bitatu n’ukwezi kumwe.”

Uwizeye Dieudonne kandi yadutangarije ko uretse Vigpower banafite undi muti witwa Zinc tablet nawo ufasha abagabo cyane.

Ivuriro Horaho Life  rikaba rikoresha imiti yo mu bimera ikomoka ku buvuzi bw’abashinwa ikorwa na sosiyeti y’Abanyamerila, Green World International.

Mu mujyi wa Kigali , Horaho Life iherereye mu nyubako yo kwa Rubangura, Etage ya gatatu, imiryango ya 301 na 302 cyangwa ukabahamagara kuri telefoni igendanwa 0788698813/0728698813. Abagabo bafite ikibazo cyo kubura ubushake cyangwa kugira uburwayi bw’uburemba(impuissance) bagana iri vuriro bakongera kurebana akana ko mu jisho n’abagore babo.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • augustin khadrahim8 years ago
    Mubihugu byo muri Africa ubonekahe handi?





Inyarwanda BACKGROUND