RFL
Kigali

Inyarwanda.com igiye kujya ibagezaho ikinamico y'uruhererekane ‘Umurage’, kurikira ibice 3 bibanza

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:10/07/2017 9:21
0


Inyarwanda.com igiye kujya igeza ku basomyi bayo ikinamico y'uruhererekane ‘Umurage’ ikorwa n’umuryango utegamiye kuri Leta Umurage Communication For Development(UMC). Inyarwanda izajya ibagezaho ibice bitatu bya buri cyumweru.



Ubutumwa nyamukuru bukubiye muri iyi kinamico ‘Umurage’ bujyanye no kwigisha umuryango nyarwanda kuboneza urubyaro, kurengera uburenganzira bw’abana, guhangana n’imirire mibi, kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Ku ikubitiro, Inyarwanda.com tugiye kubagezaho ibice bitatu bibanza by'iyi kinamico 'Umurage' aho igice kimwe gifite iminota 15. Tubibutse ko iyi kinamico yatangijwe na UmC ku bufatanye na Leta y’u Rwanda binyuze muri Minisiteri y’ubuzima,UNICEF na Population Media Centre (PMC).

UMVA HANO IGICE CYA MBERE CYIKINAMICO 'UMURAGE'

UMVA HANO IGICE CYA KABIRI CY'IKINAMICO 'UMURAGE'


UMVA HANO IGICE CYA GATATU CY'IKINAMICO 'UMURAGE'







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND