RFL
Kigali

Inkomoko, ibisobanuro n’imiterere y’abitwa izina Hyacinthe

Yanditswe na: UDAHOGORA Vanessa Peace
Taliki:15/03/2017 15:16
2


Hyacinthe ni izina rifite inkomoko mu rurimi rw’ikigereki, iri zina risobanura ‘ururabo rwa larkspur’. Iri zina rishobora kwitwa abagabop cyangwa abagore.



Imiterere ya ba Hyacinthe

Hyacinthe ntakunda kuvuga, akomeza ubuzima kandi no kumumenya ntibipfa koroha iyo ari bwo ukimubona. Ni umunyabwenge, azi gusesengura ndetse no gukora amahitamo mu buzima. Akunda kugira amakenga cyane ku buryo bituma agaragara nk’umuntu upinga ibintu, iyo ukimumenya bibanza kukuyobera kuko ntavuga, ntiyianzura kandi nta muntu yizera vuba. Ahora yihuta gusa umusaruro w’ibyo yihutamo ntuba ungana n’imbaraga aba yashyizemo.

Iyo akiri umwana, Hyacinthe akunda kuba wenyine no kwigunga, aba akeneye ababyeyi bamuba hafi bakamutoza kuba kumwe n’abandi bana bo mu kigero cye. Aba yumva yarasigaye inyuma kandi akunda ibitandukanye n’iby’abandi bana bo mu kigero cye. Acika integer vuba kandi akunda kurwara indwara zishingiye ku kunanirwa k’ubwonko kubera gutekereza cyane no gucika intege.

Ibyo ba Hyacinthe bakunda

Akunda kumara umwanya munini ari wenyine atekereza, iyo abonye uburyo akunda kwishimama n’inshuti n’ibindi bijyanye no kwishimisha. Ntiwavuga ko ahora acec etse ariko ntiwanavuga ko akunda kuvuga. Mu rukundo arirekura wese ariko akanagira ubwoba n’amakenga niba koko umuntu bari kumwe amukunda. Mu mirimo aba yumva yakora harimo ijyanye n’imyambarire, umuco, kwigisha n’itumanaho.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Eric Kampanyzoo 7 years ago
    ibymuvuze nukur kbx
  • Nsengiyumva Innocent 7 months ago
    Mwakoze cyane,gusa muzadusobanurire izina ryitwa Bienfaits.





Inyarwanda BACKGROUND