RFL
Kigali

Dusobanukirwe umuti uvura kubura ubushake kw'abagabo mu gikorwa cyo gutera akabariro, Vigpower

Yanditswe na: Robert Musafiri
Taliki:26/11/2014 13:24
14


Mu bibazo dukunda kwakira, icy’abagabo bagira ikibazo cy’ubushake buke cyangwa bwa ntabwo(Impuissance) gikomeje kuba agatereranzamba.



Abagabo bagira ubushake buke mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina barimo ibyiciro, hari abagabo bishakisha mu gihe cyo gutera akabariro ariko bikanga , hakaba n’ababura burundu. Kutagira ubushake cyangwa kububura mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina k’umugabo, bitera ubwumvukane buke hagati y’abashakanye.

Hari igice kimwe cy’abagabo bavuga ko bagiye kwa muganga ariko ntibibashe gukira. Mu gushaka gufasha abagabo bagira ikibazo cyo kugira ubushake buke, gukunda.com yasuye ivuriro Horaho Life . Iri vuriro rikaba rikoresha imiti yo mu bimera ikomoka ku buvuzi bw’abashinwa ikorwa na sosiyeti y’Abanyamerila, Green World International.

Mu mpamvu zitera kugira ubushake buke harimo izikomoka ku burwayi bunyuranye cyane cyane iy’iminsi ituma habaho gushyukwa ku mugabo. Aha twavuga iminsi iyobora amaraso mu mubiri(vaisseaux sanguins), iminsi yo mu mutwe (les nerfs ), n’izindi ndwara zinyuranye harimo na diyabeti.

Indi nkomoko ishobora gutera umugabo kubura ubushake ni ituruka  ku mibanire n’uwo bashakanye, guhora ananirwa gutera urubariro uko bikwiye bigahora bimuhangayikishije n’ibindi.

Tuganira na Uwizeye Dieudonne , umuyobozi wa Horaho Life yatubwiye ko abagabo bafite iki kibazo bakunda kubagana kandi buri wese bahaye imiti yabugenewe bimugirira akamaro gakomeye. Uwizeye yagize ati “ Mbere yo gutanga imiti ,dufite imashini zabigenewe dukoresha dupima umurwayi. Ntago wahita uha umurwayi imiti utazi imiterere n’inkomoko y’ikibazo afite.”

 Vigpower

Vigpower, umuti wifashishwa mu kuvura abagabo bagira ikibazo cy’ubushake buke

Mu miti bifashisha mu kuvura abagabo bafite ikibazo cyo kugira ubushake buke cyangwa se barwaye uburemba, harimo uwitwa Vigpower. Uyu muti nkuko bitangazwa na Uwizeye ngo abagabo bawukoresheje basubiye uko bahoze mbere ndetse bishimira ko wabafashije kuburyo bugaragara.

Tumubajije ku mwihariko ivuriro ryabo ryaba rifite, yadutangarije ko babanza kwita ku murwayi, bakamenya inkomoko y’ikibazo cye, nyuma bakamuha imiti kandi bakanakurikirana uko ya miti igenda imufasha.

Niba ufite iki kibazo cyangwa umugabo wawe agifite wagana ivuriro  Horaho Life aho ikorera  mu nyubako yo kwa Rubangura, Etage ya gatatu, imiryango ya 301 na 302 cyangwa ukabahamagara kuri telefoni igendanwa 0788698813

Ikibazo cyangwa inyunganizi kuri iyi nkuru , ohereza ubutumwa bwawe kuri gukunda3@yahoo.fr.   Niba ufite uburwayi ushaka ko twazakubariza muganga cyangwa inzobere watwoherereza ubutumwa kuri email yatanzwe haruguru.

R.Christophe






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • www9 years ago
    Ese nta bagore bibaho? ko hari abatubwiye yuko nta na rimwe baba bumva babishaka? ngo niyo babikoze nta byishimo na bimwe bumva ahubwo baba bashaka gushimisha gusa uwo baba bari kumwe ariko we ntakintu na kimwe bumva. Ese nabo baba bahura nicyo kibazo?
  • Emmanuel9 years ago
    Rwose birakwiye ko abantu bakira.ahubwo mwagure amavuriro kuko iki kibazo cyo kirihenshi.
  • Musabyimana9 years ago
    OK thankyou
  • Bahizi Claude 9 years ago
    Nibyiza !muzashake umuti wo kuvura bariya batingana(abapede)kuko ni uburwayi kugira kurarikira Uwo muhuje igitsina?mutabare isi kuko aha kigali birakabije .ese ugira ejaculation precose murabavura?
  • 9 years ago
    Ko mwatangiye gushyira ikinyarwanda gishya mu nyandiko,imitsi mwayihinduye iminsi.haracyabura imyaka ibiri reka dufatanye kuyitegereza.
  • 8 years ago
    None ikorera murwanda gusa ko twashaka kuzohishikira
  • 8 years ago
    None ikorera murwanda gusa ko twashaka kuzohishikira
  • 8 years ago
    None ikorera murwanda gusa ko twashaka kuzohishikira
  • Rwamigabo c 5 years ago
    Muraho neza bajyanama bubuzima nibyiza gufasha abantu ariko c ninde mwavuye agakira ngo abwire nabandi murakoze.
  • 5 years ago
    Ni vyiza cane none uyo muti ko ari mwiza umuntu yowuronka gute? jewe mba muri Australia mwoba mumfashije cane Murakoze.
  • Tharcisse Musavyimana5 years ago
    Ndabashimiye cane ku nyishu muzompa kuvyerekeye ingene noronka uwo muti Mubane n"Imana.
  • Innocent Ndahimana 2 years ago
    Nagiraga ngo mbabaze ngira nti"ese ubwo butwayi bwo kubura ubushake mu gihe cyo gutera akabariro buramutse bwaraturutse ku marozi ko nabyo bibaho ,nabwo mwabuvura?
  • NTAKRUTIMANA SYLVESTRE1 year ago
    NAMAHORO UMVERERO JEWE IGITSINACARAZINGAMYE KANDINTABUSHAKE NDONKA UWOMUTINOWURONKAGUTE MURAKOZ?
  • Kessigye4 months ago
    Iyi ni ndwara ibabaza cyane gusa nahuye nicyo kibazo hafi imyaka 7 yose hafi yo gusenya urugo kubw'amahirwe naje kumenya umuntu yaramfashije rwose!! Kdi nari narazengurutse narashobewe. Aba KIGALI muzamushake : 0791997820 numugorozi. Thxs





Inyarwanda BACKGROUND