RFL
Kigali

Abahanzi bo muri Super Level bafatanyije na Jay Polly mu kweraka abanyarwanda ibyiza bya Minimex - VIDEO

Yanditswe na: Editor
Taliki:18/11/2014 16:04
6


Abahanzi bakorera muzika yabo muri Super Level bafatanyije n’umuraperi Jay Polly bakomeje gutanga ubutumwa bukangurira abanyarwanda kubaho neza no kubungabunga ubuzima babikesha ikiribwa cy’akawunga ka Minimex, ubutumwa bemeza ko ari ingirakamaro kuri buri munyarwanda wese.



Babinyujije mu ndirimbo yabo yitwa “Nzakuraza”, aba bahanzi bagaragaza ko iki kirizwa cy’akawunga ka Minimex gifite byinshi cyahindura ku buzima bw’abanyarwanda kandi bakabaho neza babikesha Minimex, ndetse nabo ubwabo bakaba bemeza ko bakomeje kuryoherwa n’aka kawunga ka Minimex.

Nk’uko bigaragara muri iyi ndirimbo banamaze gukorera amashusho yayo, aba bahanzi bose bavuga ibyiza iki kiribwa cyageza kuri buri wese wakirya kandi bakanerekana uburyo ukiriye agira imbaraga n’ubuzima bwiza, ibi ariko bakaba batabihagarikiye aha ahubwo ngo bazakomeza no kubwira abanyarwanda ibyiza by’iki kiribwa.

REBA HANO VIDEO Y'INDIRIMBO "NZAKURAZA"







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 9 years ago
    IYO NDIRIMBO NINZIZA
  • Nsengiyumva9 years ago
    KUKI NDIGUSABA INDIRIMBO NTIBIKUNDE?
  • uwase kevine9 years ago
    Kbs baratwemej iyi ndirimbo ntawa yinega
  • fox may9 years ago
    ni nziza pe!
  • kagabo9 years ago
    waoooooouuuuuuw
  • igor9 years ago
    Minimex nanjye ndayemera ntibabeshye





Inyarwanda BACKGROUND