RFL
Kigali

VIDEO: Ahamya ko amaze imyaka 5 ajyanwa i kuzimu n'abadayimoni akanywa ikibindi cy'inzoga n'ikesi ya byeri

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:2/11/2017 12:30
0


Mu itorero Patmos of Faith church ku Muhima riyoborwa na Prophet Bosco Nsabimana uzwi cyane nka Prophet Fire, umubyeyi umwe yaje kuhasengera atanga ubuhamya bw'uko abadayimoni bamujyana ikuzimu mu gihe cy'imyaka itanu.



Abadayimoni bavugiye muri uyu mubyeyi bavuga ko bamumazemo imyaka itanu bamukoresha ndetse bakamujyana ikuzimu. Ngo yajyaga anywa ikibindi cy'inzoga n'ikesi ya byeyi, nyamara atari uyu mubyeyi ubinywa ahubwo ari abadayimoni. Mu buhamya bwe ubwo yari amaze gusengerwa na Prophet Fire, uwo mubyeyi yavuze uburyo abadayimoni ngo bamutezaga kunywa ikibindi cy'inzoga no kunywa ikesi ya byeyi akabikoreshwa n'imyuka mibi. Nyuma yo gusengerwa yahise yemera kwakira agakiza.

REBA HANO VIDEO UBWO BASENGERAGA UWANYWAGA IKIBINDI CY'INZOGA







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND