RFL
Kigali

Eng Kibuza yasohoye amashusho y'indirimbo 'Ntujya Uhinyuka' yakoranye na Aline Gahongayire-VIDEO

Yanditswe na: Editor
Taliki:14/05/2018 18:38
0


Eng Kibuza umenyerewe mu muziki usanzwe, yamaze gushyira hanze amashusho y'indirimbo yakoranye na Aline Gahongayire. Ni indirimbo yo kuramya no guhimbaza Imana, bakaba barayise 'Ntujya uhinyuka'. Mu buryo bw'amajwi, yakozwe na Jimmy pro naho amashusho atunganywa na Alain Alvin.



Abajijwe na Inyarwanda.com ubutumwa yifuje gutanga abunyujije muri iyi ndirimbo ye 'Ntujya uhinyuka' yakoranye na Aline Gahongayire, Eng Kibuza yagize ati: "Ubutumwa buri muri iyi ndirimbo, navugaga ko uko waba umeze kose utagomba kwiheba kuko hari Imana isumba byose, idakora nk'abantu. Ntaho itakuvana, nta n'aho itakugeza. Iyo situation itameze neza barakureba bati 'Noneho ibyawe birarangiye' ariko Imana yo ikabanyomoza iti 'ahubwo biratangiye' kubera ko icyo Imana iguteganyamo kiruta icyo abantu bagutegamo, abantu bakuvaho washobewe bakakugarukira wasubijwe."

REBA HANO AMASHUSHO Y'INDIRIMBO 'NTUJYA UHINYUKA'







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND