RFL
Kigali

Prophet Bosco Nsabimana yasabye abakristo kwirinda kujya mu nsengero batazi no gusengerwa n’ababonetse bose

Yanditswe na: Editor
Taliki:1/09/2017 15:07
2


Prophet Bosco Nsabimana uzwi ku kazina ka Pastor Fire yahanuye abakristo birukira ubuhanuzi n’abandi bajya gusengera mu nsengero z’abapasiteri batazi kuko abapasiteri bose badakoreshwa n’umwuka w’Imana.



Prophet Bosco Nsabimana yatangarije ibi abakristo be ba Patmos of Faith church ubwo yatuzaga umupasiteri wo ku Gisozi w’umurangi akaba n’umucwezi wiyoberanya akavuga ko ari umukozi w’Imana kandi akoreshwa n’imbaraga z’umwijima nkuko yabitangaje. Uyu wasengewe yavuze ko akoreshwa n’imbaraga z’umwijima akura ikuzimu , satani akamuha imbaraga zikora ibitangaza, bamwe bakabifata nk’aho koko ari Imana ibikoze. Prophet Bosco yagize ati:

Prophet Bosco Nsabimana yahise ahanura abakristo be abasaba kujya bitondera abapasiteri b’ubu kuko bamwe muri bo ari abakozi ba Satani. Yagize ati: Mureke mbabwire ikintu kiza, mureke mbagire inama, ntukajye ujya mu rusengero utazi, ntugapfe gusengerwa n’umuntu uwo ari we wese, ntabwo abantu bose bakoresha Umwuka w’Imana.  (….) Barahari bakavuga Yesu ariko imbere atari Yesu bavuga. 

Image result for Pastor Bosco Nsabimana

Prophet Bosco Nsabimana uyobora Patmos of Faith church






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Rinda6 years ago
    Njye mumfashe mbone nimeroye akoresha kuri whastapp
  • prince 6 years ago
    Ariko mana aha.





Inyarwanda BACKGROUND