RFL
Kigali

Umuraperi Padiri Uwimana ari kubarizwa ku mugabane wa Amerika-AMAFOTO

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:11/10/2018 17:43
20


Padiri Jean François Uwimana, umuhanzi nyarwanda mu ndirimbo z'Imana uzwi cyane mu ndirimbo 'Gusenga' iri mu njyana ya Hiphop, muri iyi minsi ari kubarizwa ku mugabane wa Amerika. Yadutangarije ko azagaruka mu Rwanda mbere y'uko uyu mwaka urangira.



Padiri Uwimana azwi mu ndirimbo zinyuranye zirimo; Gusenga, Uhoraho, Twigendere, Mwami ubasumba, Imana yanjye, Araturinda n'izindi. Padiri Uwimana ubarizwa muri Kiliziya Gaturika, Diyoseze ya Nyundo yabwiye Inyarwanda.com ko ari kubarizwa mu gihugu cya Canada ku mugabane wa Amerika. Yavuze ko yagezeyo ku wa Gatandatu w'icyumweru gishize tariki 6/10/2018, abanza kujya mu mujyi wa Montreal, ahava yerekeza mu mujyi wa Ottawa ari naho ari kubarizwa magingo aya. 

Mu kiganiro na Inyarwanda.com, Padiri Uwimana yabajijwe igihatse urugendo rwe muri Canada, adutangariza ko yagiyeyo muri gahunda zinyuranye zirimo kwitabira inama, gusura inshuti, kuruhuka ndetse ngo hari n'ibitaramo azahakorera. Yagize ati: "Gahunda ni: Conference, holidays, visit friends, performance." Abajijwe igihe azagarukira mu Rwanda, yagize ati: "Kugarukaaa huuu itariki sindayipanga neza ariko ni mbere y'uko uyu mwaka ushira."

AMAFOTO

Padiri UwimanaPadiri UwimanaPadiri UwimanaPadiri UwimanaPadiri UwimanaPadiri UwimanaPadiri UwimanaPadiri UwimanaPadiri Uwimana

Padiri Uwimana muri Canada mu mujyi wa Ottawa






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Fifi5 years ago
    Dore umusore ureke abandiii baba batubeshya batanarenze kampala NGO ni abastar syeee
  • Habub5 years ago
    Shaaa padiri ni akaga umva ko bavuga. Uyu ni uw ikibyagihumbi kabisaaa
  • Kakuze5 years ago
    Bahe. Ubu ararenze ndagaaa ndabona mo nifoto nk iya jetrii
  • Manzi5 years ago
    Wow iyo ukaze uba ukaze. Padiri ni hatari. N iyo ugenda urabyumva iyo uri danger erega.
  • Amina5 years ago
    Wow hello Catholic
  • Qst5 years ago
    Padiri ko arenze ra. Izi nzira niba Iterekeza kujya kubyina insinzi ya Mushikiwacu Louise muzambwire
  • Mah5 years ago
    Ikibazo ni kimwe nuko nta mugore ufite. Urareba umuntu nk uyu utagira umugore man n abakobwa bari aha hanze kweli. Sha papa ntabwo yatubaniye kabisa. Kiliziya iratuma abagabo babura
  • Gg5 years ago
    Ndemeye. Namwe mujye mwemera .
  • Wede5 years ago
    Uyu mupadiri ni hatari tu. Ararenze kabisa. Nk aba b abaniga nibo twari dukeneye natwe amaniga tugasubira church man
  • Gggg5 years ago
    Ndagukunda nkabura uko mbigenza shahu we
  • Qn5 years ago
    Uyu ni danger kabisa. Sha uwampa ukambera inshuti n iyo byaba kwa je tu nakwemera
  • Tito5 years ago
    Uyu ni iniga yuzuye ndakurahiye nanjye ndasubira gusenga bambwire aho yigisha gusa
  • Teta5 years ago
    Icyica amahirwe we. Nk uyu akanga kuzana umugore kweli
  • Nem5 years ago
    Uwakumpa
  • Muneza5 years ago
    Yezu ntiyisondeka
  • Mah5 years ago
    Uwakumpa
  • nyarisore jean damascene5 years ago
    Imana igomeze ikuragire mubutumwa mbwawe
  • Fany5 years ago
    Padiri we ntacyo mvuze. Gusa narashize.
  • bt5 years ago
    hhh uzayavugisha benci mbankuroga mwene vieux
  • Giv5 years ago
    Uriryohereza ureke ibindi





Inyarwanda BACKGROUND