RFL
Kigali

Kalimba Julius yashyize hanze amashusho y’indirimbo ‘Ntacyatuma nkuvaho’-VIDEO

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:29/07/2017 10:02
0


Kalimba Julius uherutse gukora igitaramo yise 'Come back' agatangaza ku mugaragaro ko agarutse mu muziki nyuma y’imyaka umunani yari amaze yiheje, kuri ubu akomeje kwerekana ko umuziki awurimo ndetse akaba yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo ye yise ‘Ntacyatuma nkuvaho’



“Ntacyatuma nkuvaho, ntacyatuma nkureka kuko uri Imana yanjye, urutare nubatseho.Uri Imana, uri inshuti, uri byose byanjye. Wambereye inkingi y'ubuzima, umbereye ubwihisho, rutare nubakaho, uri amazi meza nywa nkashira inyota, ni wowe niringiye nta bwoba nzagira“ Ayo ni amagambo yumvikana muri iyi ndirimbo ya Kalimba Julius yamaze kugera hanze iri kumwe n’amashusho yayo yatunganyijwe na Producer Mariva. 

REBA HANO 'NTACYATUMA NKUVAHO' YA KALIMBA JULIUS







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND