RFL
Kigali

Yvan Driver wari umaze igihe yariheje mu muziki yagarukanye amashimwe y’uko azwi na Yesu-VIDEO

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:26/08/2017 9:01
1


Yvan Driver ni umwe mu bahanzi bakora umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana, gusa yari amaze igihe atumvikana mu muziki ariko ubu ari gutangaza ko yamaze kugaruka ndetse ko hari byinshi ahishiye abakunzi b’umuziki we.



Umuhanzi Gusengimana Yvan uzwi cyane nka Yvan Driver yagarukanye amashusho y’indirimbo yise ‘Aranzi Yesu’ yatunganyijwe na Producer Mariva. Muri iyi ndirimbo, Yvan Driver aririmbamo ko Yesu amuzi kandi amukunda ndetse ko azwi na Yesu kuva kera akiri urusoro mu nda ya nyina. Akomeza avuga ko izina rye riri ku mutima wa Yesu. Yvan Driver yabwiye Inyarwanda ko hari imishinga ijyanye n’umuziki we ari gukorana na Mariva mu gihe kitarambiranye akaba azamukurikira abakunzi be ibyavuye muri iyo mishinga. 

Yvan Driver

Umuhanzi Yvan Driver

REBA HANO 'ARANZI YESU' YA YVAN DRIVER






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • yazifa6 years ago
    courage komereza aho turakwemera urabizi peerrrrr





Inyarwanda BACKGROUND