RFL
Kigali

Igitaramo The Gospel Flava cyongeye guhuriza hamwe itsinda rya The Sisters-Reba uko byari byifashe mu mafoto

Yanditswe na: Seleman Nizeyimana
Taliki:21/10/2014 9:14
0


The Gospel Flava ni kimwe mu bitaramo byari byitezwe cyane mu mpera z’icyumweru gishize, kikaba cyarabaye ku mugoroba wo ku Cyumweru tariki ya 19/10/2014, nk’uko byari biteganyijwe gihuza abahanzi bakora injyana ya gospel igezweho(Urban gospel) ndetse n’abakora indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana (Worshippers).



Uretse urwego rukomeye rw’imitegurire, muri iki gitaramo hakaba hagaragayemo udushya twinshi dutandukanye harimo ibijyanye n’imyambarire n’imyitwarire igezweho mu bahanzi basanzwe byanaranze abahanzi ba gospel. Ikindi abantu benshi bishimiye akaba ari ukongera kubona abahanzi Aline Gahongayire, Gabby Irene Kamanzi, Tonzi na Fany bahoze bagize itsinda rya The sisters bataramira abakunzi babo n’ubundi bari kumwe nk’uko byahoze mbere y’uko buri wese ahugira mu bikorwa bye bwite.

ama

Ubwitabire bwari ku rwego rushimishije

Abahanzi barimo Serge Iyamuremye, Eddie Mico, The Sisters, Patient Bizimana, The Blessed sisters, Pastor BDP, Mimi, Esther Umwiza, The blessing family, Alfred Gaga, MD, Shining stars, Shekinnah drama team, Dominic Nick, Freddy Don, abanyarwenya Clapton na Ramjane n’abandi bahanzi batandukanye bakaba barataramiye imbaga y’abantu bari bitabiriye iki gitaramo.

Reba uko byari byifashe mu mafoto

the sidters

The sisters mu gitaramo Gospel flava concert

fany

Fany yari yifatanije n'abagenzi be bahoze bagize The sisters

aline

gahonga

Aline Gahongayire afatanije na bagenzi be bashimishije abantu cyane

the sisters

tonzi

Tonzi nawe yari kumwe na bagenzi be ba The Sisters

Gabby

Gabby Kamanzi nawe yari yabukereye mu ijwi rye ryiza cyane akaba yarafatanije na bagenzi be

gospel

masl

gospel

Bari bishimiwe cyane

Serge

Serge Iyamuremye mu ndirimbo ze zikunzwe cyane nka ARAMPAGIJE, YESU AGARUTSE nawe yataramiye abari bitabiriye iki gitaramo

al

Alfred Gaga nawe yataramiye abitabiriye Gospel Flava concert

Eddie

Eddie Mico

gospel

Patient Bizimana nawe yafatanije n'abandi bahanzi gutaramira abitabiriye iki gitaramo

Dominick

Dominick Nick n'ubwo yari yitabiriye igitaramo bisanzwe, inshuti ye Patient Bizimana yamusabye kugera ku rubyiniro akaririmbiraho abantu

Gospel

King James yagaragaye mu bitabiriye iki gitaramo

gospel

Hagaragaye gufashwa no guhimbaza Imana byo mu rwego rwo hejuru

skd

jahs

najs

the gospel

mal

KAS

Producer Pastor P yari yitabiriye

NAK

Umuraperi MD

mams

Umunyarwenya Ramjane na Clapton

anam

Colombus nawe yari yitabiriye iki gitaramo

the gospel

mala

Twahirwa Aimable n'umugore we nabo bitabiriye iki gitaramo

the gospel

msm

mlal

mal

ala

ala

Ubwoko bwose bw'umuziki wo kuramya no guhimbaza bwari buhari

the gospel

the gospel

Abahanzi benshi bari bitabiriye iki gitaramo

maal

Umuhanzi MUSABE uri kuzamuka mu muziki wa Gospel nawe yaririmbye

as

,ele

,ele

the gospel

Hafashwe n'umwanya uhagije wo gushima, kuramya no guhimbaza Imana

ala

Nyuma y'igitaramo, Mushyoma Joseph(Boubou) na Judo Kanobana bafashe agafoto ku rwibutso

Nizeyimana Selemani
Amafoto/Jean Chris Kitoko & Moise N






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND