RFL
Kigali

Eddy Ntamvutsa yahuje imbaraga na Olivier Roy bakorana indirimbo 'Nzamunambaho'-YUMVE

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:31/12/2017 8:59
0


Eddy Ntamvutsa uri kubarizwa mu Rwanda nyuma y'imyaka 7 yari amaze aba muri Amerika, yakoranye indirimbo na Olivier Roy bayita 'Nzamunambaho' ndetse kugeza ubu yamaze kugera hanze.



Eddy Ntamvutsa yaherukaga gushyira hanze indirimbo nshya mu minsi micye ishize. Ni indirimbo yise ‘Oh My God’ yakorewe mu Rwanda. Kuri ubu Eddy Ntamvutsa yamaze gushyira hanze indirimbo nshya yakoranye na Olivier Roy. Ni indirimbo ivuga ku muntu wiyemeje komatana n'Imana  no kunambana nayo bitewe n'ibitangaza bikomeye yakorewe n'Imana. 

Eddy Ntamvutsa

Eddy Ntamvutsa hamwe na Olivier Roy

UMVA HANO 'NZAMUNAMBAHO' YA EDDY FT ROY






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND