RFL
Kigali

Disciples of Jesus choir yo muri EAR Remera yasohoye indirimbo ya mbere yitwa 'Nahisemo Yesu'-YUMVE

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:31/10/2018 10:43
9


Korali Disciples of Jesus ikorera umurimo w'Imana mu itorero ry'Anglican muri Paroise ya Remera, yashyize hanze indirimbo yayo ya mbere bise 'Nahisemo Yesu'. Ni indirimbo igiye hanze nyuma y'imyaka 10 iyi korali imaze ivutse dore ko yavutse muri 2008.



Iradukunda Eric umujyanama wa Disciples of Jesus choir yabwiye Inyarwanda.com ko iyi korali yatangijwe n'abanyeshuri bigaga mu mashuri yisumbuye no muri kaminuza. Yadutangarije ko bafite intego yo kubwiriza ubutumwa bwiza bwa Yesu nk'uko Intumwa za Yesu zabigiraga ariko bo bakabinyuze mu ndirimbo zibanda cyane kuri Kristo. Yagize ati:

Disciples of Jesus choir ikorera umurimo w'Imana mu itorero ry'Anglican muri Paroise ya remera, yavutse mu 2008 itangijwe n'abanyeshuri bigaga muri secondaire na kaminuza. Nk'uko izina ryayo riri, iyi chorale ifite intego yo kubwiriza abantu ubutumwa bwiza bwa Yesu nk'uko intumwa za Yesu zabigenzaga ariko bo bakabinyuza mu ndirimbo zibanda cyane kuri Kristo.

UMVA HANO 'TWAHISEMO YESU' YA DISCIPLES OF JESUS CHOIR

EAR RemeraEAR RemeraEAR Remera

EAR Remera

Disciples of Jesus choir bamaze imyaka 10 kuva batangiye ivugabutumwa mu ndirimbo

Iradukunda Eric

Iradukunda Eric umujyanama wa Disciples of Jesus choir

EAR Remera

Rev Dr Antoine Rutayisire umushumba wa EAR Remera

UMVA HANO 'TWAHISEMO YESU' YA DISCIPLES OF JESUS CHOIR







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Philippe5 years ago
    Iyi ndirimbo ifite ubutumwa bwiza rwose! Mukomereze aho Disciples of Jesus, ntimuzahweme guhamya Umwami Yesu.
  • Jean Paul5 years ago
    Yewe ndumva irimo ubutumwa bwo guhamagarira abantu guhamya no kuvuga Yesu,mukomereze Aho umwami wacu Yesu kristo azabahemba.
  • Claudine5 years ago
    Waooooo ni ukuri iyi ndirimbo ni nziza cyane. Gukurikira yesu ni ingenzi kandi ni umwanzuro isi yose ikeneye gufata. Mukomeze muvuge ubutumwa bwiza benshi baze kuri yesu. Imana ibahe imigisha rwose.
  • Eric 5 years ago
    Imana ikomeze ibagurire gukora umurimo wayo mu buririmbyi. Iyi ndirimbo ni nziza cyane, irazaahuura imitima ya benshi. Mukomereze aho rwose.
  • Donatile5 years ago
    Iyi chorale ndayizi kdi ndayikunda cyane!Ndashima Imana ko igenda yaguka kdi ikomera!iyi ndirimbo ni nziza kdi Imana ikomeze ibane nabo!
  • EAR Gatsibo 5 years ago
    Tunejejwe cyane n'ishyirwahanze ry'iyi ndirimbo. Irafasha benshi kurushaho gukunda Yesu no kwiyemeza kumukorera. Bravo Disciples
  • Emelyne5 years ago
    Wow congz Imana ikomeze ibashoboze gukora umurimo mwiza wo kwamamaza ubutumwa bwiza bwa Yesu Yesu niwe soko imara inyota
  • Mudahigwa Fulgence5 years ago
    Nukuri mbanje gushimira umuntu wese wagize uruhare muri iki gikorwa kugirango ibihangano bya disciples bitangire kujya hanze ndetse n'ababyumva mwese munezerwe kandi mufashwe n'ubutumwa burimo
  • Thacien5 years ago
    Disciples of Jesus choir Imana ibagurire imbago kandi ntimucogore Iyi ndirimbo ifite amavuta adukururira mu bwiza bwa Yesu pe! Be blessed





Inyarwanda BACKGROUND