Korali Disciples of Jesus ikorera umurimo w'Imana mu itorero ry'Anglican muri Paroise ya Remera, yashyize hanze indirimbo yayo ya mbere bise 'Nahisemo Yesu'. Ni indirimbo igiye hanze nyuma y'imyaka 10 iyi korali imaze ivutse dore ko yavutse muri 2008.
Iradukunda Eric umujyanama wa Disciples of Jesus choir yabwiye Inyarwanda.com ko iyi korali yatangijwe n'abanyeshuri bigaga mu mashuri yisumbuye no muri kaminuza. Yadutangarije ko bafite intego yo kubwiriza ubutumwa bwiza bwa Yesu nk'uko Intumwa za Yesu zabigiraga ariko bo bakabinyuze mu ndirimbo zibanda cyane kuri Kristo. Yagize ati:
Disciples of Jesus choir ikorera umurimo w'Imana mu itorero ry'Anglican muri Paroise ya remera, yavutse mu 2008 itangijwe n'abanyeshuri bigaga muri secondaire na kaminuza. Nk'uko izina ryayo riri, iyi chorale ifite intego yo kubwiriza abantu ubutumwa bwiza bwa Yesu nk'uko intumwa za Yesu zabigenzaga ariko bo bakabinyuza mu ndirimbo zibanda cyane kuri Kristo.
UMVA HANO 'TWAHISEMO YESU' YA DISCIPLES OF JESUS CHOIR
Disciples of Jesus choir bamaze imyaka 10 kuva batangiye ivugabutumwa mu ndirimbo
Iradukunda Eric umujyanama wa Disciples of Jesus choir
Rev Dr Antoine Rutayisire umushumba wa EAR Remera
UMVA HANO 'TWAHISEMO YESU' YA DISCIPLES OF JESUS CHOIR
TANGA IGITECYEREZO