RFL
Kigali

Dusabe Juliet yashyize hanze amashusho y’indirimbo Imirimo-VIDEO

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:3/03/2017 15:30
0


Umuhanzikazi Dusabe Juliet usengera mu itorero Worship Centre ry’i Kanombe, yashyize hanze amashusho y’indirimbo ‘Imirimo’ yatunganyijwe na producer witwa Sogokuru. Iyi ndirimbo ye ibaye iya kabiri mu zo yakoreye amashusho nyuma y'iyitwa 'Uri uw'agaciro' yashyize hanze mu mwaka wa 2015.



Muri iyi ndirimbo ‘Imirimo’, Dusabe Juliet avuga ko azahora ahimbaza Imana kuko imirimo imukorera ihora imutangaza.Mu mashusho y’iyi ndirimbo hagaragaramo umuntu wihebye kubera ibibazo byinshi ariko akaza guhumurizwa n’Imana, na we agafata umwanzuro wo kuzahora ahimbaza Imana.

Dusabe JulietDusabe Juliet

REBA HANO 'IMIRIMO' YA DUSABE JULIET

REBA HANO URI UW'AGACIRO YA DUSABE JULIET







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND