Nyuma yo gushyira hanze amashusho y'indirimbo ye yitwa Calvary, magingo aya umuhanzi Danny Mutabazi yamaze gushyira hanze amashusho y'indirimbo 'Ntiyasinziriye'
Danny Mutabazi yabwiye Inyarwanda.com ko yakoze iyi ndirimbo ashaka kuvuga imirimo Imana ikora ndetse anatanga ihumure ku bantu bafite ibibagoye ko Imana itasinziriye ahubwo igikorana n'ubwoko bwayo, akabwira abantu ko ibibateye ubwoba ko ntacyo bizabatwara kuko Imana uko yari iri cyera na n'ubu ariko iri kuko idasinzira.
REBA HANO AMASHUSHO Y'INDIRIMBO 'NTIYASINZIRIYE' YA DANNY MUTABAZI
TANGA IGITECYEREZO