RFL
Kigali

Danny Mutabazi yashyize hanze amashusho y'indirimbo 'Ntiyasinziriye' irimo ubutumwa buhumuriza abafite ibibagoye-VIDEO

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:8/12/2017 11:07
2


Nyuma yo gushyira hanze amashusho y'indirimbo ye yitwa Calvary, magingo aya umuhanzi Danny Mutabazi yamaze gushyira hanze amashusho y'indirimbo 'Ntiyasinziriye'



Danny Mutabazi yabwiye Inyarwanda.com ko yakoze iyi ndirimbo ashaka kuvuga imirimo Imana ikora ndetse anatanga ihumure ku bantu bafite ibibagoye ko Imana itasinziriye ahubwo igikorana n'ubwoko bwayo, akabwira abantu ko ibibateye ubwoba ko ntacyo bizabatwara kuko Imana uko yari iri cyera na n'ubu ariko iri kuko idasinzira. 

REBA HANO AMASHUSHO Y'INDIRIMBO 'NTIYASINZIRIYE' YA DANNY MUTABAZI


 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Niyonsenga jerome6 years ago
    Mbega indirimbo nziza Danny komerezaho kd Imana ikomeze kukwagura
  • Ruzige olivier6 years ago
    Eeeeeh!!! Congrulatulations danny, Uwiteka akwagure ukore nizindi kbsa! Indirimbo zawe ziranyura! God bless you!!!!!





Inyarwanda BACKGROUND