RFL
Kigali

"Amasengesho yongera imyaka yo kubaho" Prophet Claude yavuze ibintu 8 bigaragaza imbaraga z'amasengesho

Yanditswe na: Editor
Taliki:5/07/2018 16:53
0


Prophet Claude Ndahimana uyobora itorero Soul Healing Revival yatangaje ibintu 8 bigaragaza imbaraga z'amasengesho. Ni inyigisho yahaye abakristo be mu gihe gishize. Yatangaje ko gusenga byongera imyaka yo kubaho. Yatanze urugero kuri Hezekiya wongerewe imyaka yo kubaho kubera gusenga.



Prophet Claude avuga ko amasengesho atuma umuntu azamurwa mu ntera mu kazi akora. Yatanze urugero kuri Yabesi wahinduriwe amateka bivuye mu gusenga. Uyu mupasiteri yatangaje ko yasengeye abantu barwaye Cancer bagakira, aha ni ho ahera avuga ko amasengesho akiza indwara z'ubwoko bwose. Ikindi yavuze ni uko amasengesho azura abapfuye. Yatanze urugero kuri Lazaro wari umaze iminsi ine yarapfuye ndetse baramuhambye ariko akaza kuzuka ku bw'isengesho rya Yesu.

KANDA HANO WUMVE IBINTU 8 BIGARAGAZA IMBARAGA Z'AMASENGESHO







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND