RFL
Kigali

UMURAGE: Kurikira ibindi bice bishya bitatu kugeza ku gice cya 6 by'iyi kinamico y'uruhererekane

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:14/07/2017 10:14
0


Nkuko twabasezeranyije ko Inyarwanda tuzajya tubagezaho ibice bishya by'ikinamico y'uruhererekane 'Umurage', kuri ubu tubazaniye ibice bishya bitatu ari byo igice cya kane, icya gatanu ndetse n'icya gatandatu dore ko ubushize twari twabagejejeho ibice bitatu bibanza.



Iinamico ‘Umurage’ irimo ubutumwa bujyanye no kwigisha umuryango nyarwanda kuboneza urubyaro, kurengera uburenganzira bw’abana, guhangana n’imirire mibi, kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina.

Muri iyi nkuru, Inyarwanda.com tugiye kubagezaho ibice bishya bitatu by'iyi kinamico 'Umurage' aho igice kimwe gifite iminota 15. Tubibutse ko iyi kinamico yatangijwe na UmC ku bufatanye na Leta y’u Rwanda binyuze muri Minisiteri y’ubuzima,UNICEF na Population Media Centre (PMC).

UMVA HANO IGICE CYA KANE CY'IKINAMICO 'UMURAGE'


UMVA HANO IGICE CYA GATANU CY'IKINAMICO 'UMURAGE'

UMVA HANO IGICE CYA GATANDATU CY'IKINAMICO 'UMURAGE'






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND