RFL
Kigali

Umukinnyi wa filime Marshall Ubaruta yapfushije se

Yanditswe na: Mutiganda wa Nkunda
Taliki:11/11/2014 16:21
3


Umukinnyi wa filime akaba n’umunyamideli kuri ubu uba mu gihugu cya Canada, Marshall Ubaruta yapfushije se umubyara, akaba yaritabye Imana ku cyumweru aguye mu bitaro bya Kigali CHUK.



Nk’uko bitangazwa na Johnson Sungura, umwe mu nshuti za hafi za Marshall akaba baranakoranye cyane mu bikorwa bya filime aho bakinanye muri filime Ninde Uzaragwa, umusaza Ntahobitagwa Alphonse yitabye Imana kuri iki cyumweru tariki 9 Ugushyingo aguye mu bitaro bya Kigali, CHUK azize indwara y’umutima.

Umusaza Ntahobitagwa (uyu uri kunywa Fanta) ari kumwe n'umuhungu we Marshal Ubaruta (uri ibumoso) na Johnson Sungura

Nyakwigendera yitabye Imana umuryango w’abana 9 ndetse n’abuzukuru 14.

Imana imwakire mu bayo!

Mutiganda Janvier






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • mutamuriza neema9 years ago
    niyihangane kandi kuri ino si niko bimeze kandi niho twese tugana pore kabisa!!!!!!!
  • 9 years ago
    Yoooo pole Marshal! Papa wawe aruhukire mu mahoro! Asize intwari Ubaruta Marshal ukomere uzakora byinshi mu izina rye!
  • MUBERANZA MAXIME8 years ago
    NTUYE MUKARERE KAKAMONYI NDASABA AKAZI





Inyarwanda BACKGROUND