RFL
Kigali

SEBURIKOKO E57: Rulinda ari muri koma kwa muganga, biravugwa muri Gatoto ko yarozwe n'umugore we

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:16/02/2018 8:20
0


Duherukana mu gice cy'ubushize cya filime y'uruhererekane ya Seburikoko Rulinda ameze nk'uwapfuye ndetse abaturage bose ba Gatoto bahuruye. Kuri ubu Rulinda ari muri koma kwa muganga, gusa umugore we Esiteri yibereye mu rugo ntiyagiye kumurwaza.



Amakuru ari gucicikana muri Gatoto ni uko Rulinda ashobora kuba yarozwe n'umugore we Esiteri na cyane ko atigeze ajya kumurwaza kwa muganga. Biravugwa kandi ko ashobora kuba yarozwe na Kibonke ndetse hari n'andi makuru avuga ko ashobora kuba yarozwe n'inshoreke ze zirimo na Mukamana. Muri iki gice kandi tubonamo Mutoni asubira i Kigali agasigira amafaranga menshi ababyeyi be. Kadogo nawe yahawe icumbi kwa Seburikoko.

REBA HANO IGICE CYA 57 CYA FILIME SEBURIKOKO







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND