RFL
Kigali

Rukundo Arnold uzwi nka Shafi muri filime ahangayikishijwe n'uburyo abantu bamubonamo umusambanyi (kurya abana)

Yanditswe na: Mutiganda wa Nkunda
Taliki:9/07/2014 7:59
5


Umukinnyi wa filime Rukundo Arnold Shafi wamenyekanye cyane ku izina rya Shafi muri filime Ntaheza h’isi, ahangayikishijwe n’uburyo abantu bamubona nk’umuntu usambana (ibyo bita kurya abana mu mvugo y’urubyiruko rw’ubu).



Mu magambo yanditse kuri Facebook ye, Rukundo Arnold yagize ati:

 Shafi

Muri bimwe mu bitekerezo by’abakunzi be, byagiye bigaruka cyane ku bintu akina muri filime ndetse n’uburyo abikinamo, ku buryo benshi bagiye bemeza ko ari uko akina neza bigatuma abantu babyitiranya n’ubuzima busanzwe kandi atari ko bimeze.

DORE BIMWE MU BITEKEREZO BY'ABAKUNZI BE:

 Shafi

Ese wowe ubibona ute? Ese ibyo umuntu akina muri filime n'uburyo abikinamo  byagakwiye kumugiraho ingaruka (mbi cyangwa inziza) mu buzima bwe busanzwe?

Mutiganda Janvier






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Richard9 years ago
    ntabwo ibyo umuntu akina byakamugize ho ingaruka mbi
  • 9 years ago
    uwicayen nabi ababaza imbereye niba abikora nakazi ke,baba bakumbuye kugaragara mu binyamakuru.
  • 9 years ago
    Umva shafi courage sha kazi ni kazi
  • akarabo sandrine9 years ago
    mwiriwe gusa abantu batekereza bitangukanye ariko shaffy is good guy
  • 9 years ago
    haga





Inyarwanda BACKGROUND