Mu gihe cyo gutegura no gukina filime nyarwanda, hari ibikorwa bisekeje bikorwa n’abakina amafilime ariko bikaba bitagaragazwa muri izo filime iyo zamaze gusohoka kuburyo uburyo baba bazwi muri izo filime bishobora gutuma uwabona uko baba bameze iyo bazikina byamutangaza cyane.
Muri iyi nkuru ishingiye ku mafoto, turabagezaho bimwe mu bikorwa bibera ahakinirwa filime nyarwanda hatandukanye ariko ibyo bikaba ari ibikorwa ahanini bitagaragara muri izo filime iyo zamaze gutunganywa neza zagejejwe ku isoko.
TANGA IGITECYEREZO