RFL
Kigali

Ese ubona ute ubuzima bwa Gisele na Njuga muri filime INSHUTI (Friends), nyuma y'uko Ngiga atakiri umukozi wabo? –REBA UDUCE DUSHYA

Yanditswe na: Mutiganda wa Nkunda
Taliki:27/02/2015 13:11
4


Ku bamaze gutangira igice cya 3 cya filime INSHUTI (Friends), ngirango mubona ko Ngiga yamaze kwirukanwa mu rugo rwo kwa Mugemana yakoragamo akazi ko mu rugo aho mu gihe yari ahari Njuga na Gisele bashinjwaga kwitetesha.



Muri iki gice hagenda hagaragaramo ubuzima bushya bwa Ngiga aho aba asigaye aba, dore ko kuri we ubuzima arimo ari bwiza kuko ari gusatira ku kugera ku nzozi ze – kuba umuhanzi, dore ko akorera umuhanzi w’icyamamare.

REBA AGACE KA 6 KURI SEASON YA 3

Ku ruhande rwo mu rugo kwa Mugemana aho yakoraga, yahasize Njuga bari basanzwe bahora bashyamiranye, dore ko no mu byamwirukanishije birimo ndetse na Gisele.

REBA UTUNDI DUCE TWATAMBUTSE

REBA AGACE KA 5

REBA AGACE KA 4

REBA AGACE KA 3

REBA AGACE KA 2

REBA AGACE KA MBERE ARI NAKO GATANGIRA SEASON YA 3

Ese nyuma yo kureba utu duce dushya, wowe ubona ubuzima bwo muri uru rugo butarimo umukozi bumeze bute? Ese ubundi ni ngombwa ko mu rugo hagomba kuba hari umukozi?

Mutiganda Janvier






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 9 years ago
    Ni abanebwe gusa! Ubundi Mariya we hari akazi akora. Nuko nyine ari filime naho ubunrdi umuntu yabaca mu gihugu bakabije ubunebwe.
  • Nick9 years ago
    Gusa ka Gisele ni keza
  • uyisenga gisele9 years ago
    ariko kuki itagica kuri tv 10
  • kanyana9 years ago
    igitekerezo cyanjye ,nagirango mbwire uwomugabo ko ataribyiza ,gucyurira umuntu ngo ntabyara kuko nawe urubyaro ntabwo arwanze.agabanye no gutongana





Inyarwanda BACKGROUND