RFL
Kigali

CITY MAID E9: Nick yasabwe guhagarika umuziki, Nikuze arashimutwa

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:3/04/2018 17:34
0


Igice gishya cya 9 cya filime y'uruhererekane ya City Maid cyageze hanze. Ni igice tubonamo Nikuze ashimutwa na Nana wamusabye kureka Nick. Tubonamo kandi Nick asabwa na producer guhagarika umuziki akabanza akitoza kuririmba.



Muri iki gice tubonamo Mama Beni yasuwe n'umugabo witwa Mugabo nuko Mama Beni akamuganiriza ku bibazo amazemo iminsi dore ko kugeza ubu atazi aho umugabo we aherereye, gusa akaba akeka ko yajyanye na Nikuze. Mugabo tumubona yihanganisha Mama Beni ari nako amukorakora bikarangira bombi bisanze mu rukundo dore ko bahita bava mu ruganiriro bakajya mu cyumba.

REBA HANO IGICE CYA 9 CYA FILIME CITY MAID






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND