RFL
Kigali

CITY MAID E7: Nikuze afite ubwoba bwinshi ko yishe umugabo wari ushatse kumufata ku ngufu

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:20/03/2018 11:12
1


Duherukana mu gice cya 6 cya filime City Maid aho Nikuze na Nick bari mu bibazo bibakomereye bitewe n'inkuru mbi banditsweho n'umunyamakuru utabifuriza ko bakomezanya mu rukundo. Kuri ubu igice gishya cya 7 cyamaze kugera hanze.



Mu gice gishya cya 7 cya filime y'uruhererekane ya CITY MAID mukunda muri benshi, tubonamo Nikuze na Papa Beni barwana mu buryo bukomeye nyuma y'aho Papa Beni yari agiye gufata ku ngufu Nikuze ariko undi akamwangira kuko yamye amwiyama kuva kera. Papa Beni yagerageje uko ashoboye ngo asambanye Nikuze, gusa ntiyagera ku ngiho ahubwo Nikuze za kwitabara akubita Papa Beni by'intangarugero biviramo Papa Beni guhita yikubita hasi amera nk'upfuye. Nikuze yahise ahunga kuko yabonaga Papa Beni yapfuye kandi bishobora kumukoraho.

REBA HANO IGICE CYA 7 CYA FILIME 'CITY MAID'






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Jojo6 years ago
    Plz abakinnyi nibakine babyiyumvamo b bifeelinge sinon biragaragara ko ari movie nyine nkanjye nabihiwe even sounds zirikubura what is it? Si judginze uyu ngo niwe urigukina Nabi gusa mugerageze storry y movie iraryishye ark the way of acting is so poor





Inyarwanda BACKGROUND