RFL
Kigali

UPDATE: Umukinnyikazi wa filime Gahongayire Solange 'Zouzou' yamaze gusezererwa mu bitaro bya CHUK

Yanditswe na: Mutiganda wa Nkunda
Taliki:31/05/2015 8:33
19


Umukinnyikazi wa filime nyarwanda Gahongayire Solange wamenyekanye cyane ku izina rya Zouzou muri filime Ntaheza h’isi yakoze impanuka ikomeye ya moto ku mugoroba wo kuri uyu wa 6.



Iyi mpanuka yabaye ubwo yari ateze moto avuye iwe aho atuye ku Gitega, mu karere ka Nyarugenge mu mujyi wa Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa 6, yamukomerekeje bikomeye mu mutwe aho yahise ajyanwa mu bitaro by’indembe ku bitaro bikuru bya Kigali CHUK.

Gahongayire Solange 'Zouzou' yakomeretse mu mutwe n'igikomere gito yagize ku maguru

Umukinnyi wa filime Johnson Sungura ari hafi cyane ya Zouzou kuva yakora impanuka, cyane ko banaturanye ku Gitega

Nyuma yo gukurikiranwa n'abaganga agakorerwa ibizamini bagasanga nta kibazo gikomeye yagize imbere mu mubiri, abaganga bamaze kumusezerera ku mugoroba wo kuri iki cyumweru, kuri ubu akaba ari mu rugo aho azajya ajya kwa muganga kwisuzumisha.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 8 years ago
    pole sana
  • ramson8 years ago
    Imana imufashe , kandi pole sana solange urakira
  • fabiola uwamahoro8 years ago
    imana imube hafi
  • fabiola uwamahoro8 years ago
    imana imube hafi
  • justin8 years ago
    yihangane arakira
  • gedeon8 years ago
    humura imana iragukiza mama.
  • 8 years ago
    Ihangane mama urakira
  • uwase8 years ago
    Imana iruta byose azakira!
  • Umunyana jacky8 years ago
    mana wee imana imukize pe turamukunda turacyamukeneye
  • uwase loulou8 years ago
    mana we tabara umugaragu wawe kuko ari kubabazwa numubiri namenya arwariyehe ko nkeneye kumusura
  • Rwema8 years ago
    Pole sana
  • Francis8 years ago
    zouzou Imana ikorohereze! kdi komeza kwihangana! turagukunda
  • aura 8 years ago
    ni ukwihangana nzi neza ko hari icyo Imana irakora.mutubwire aho aherereye ushoboye kumusura amugereho
  • 8 years ago
    imana niyo Nkuru. niyihangane azakira.tuzi neza ko ishoboye byose. yakoze imirimo Atari gukora kdi numwana wumuntu Atari gushobora.
  • Toyota8 years ago
    Solange ihangane mama ndagukunda cyane.. Shimwa mana wahakoze umurimo ukomeye cyane, imbaraga nogukomera n'ibyawe mana.
  • kwibaza8 years ago
    Ariko aya mafoto mwerekanaaaaa????? Ari njye mushyizeho nabajyana mu nkiko!!!
  • uwase loulou8 years ago
    urakoze Mana kubwo gutabara umugaragu wawe ukamukiza uburibwe bwumubiri ishimwe niryawe
  • Kirezi Thacien8 years ago
    Bagenzi bawe twifatanije nawe tunagusengera
  • claudy8 years ago
    ihangane mama ndagukunda kdi yesu agukoreho.we thank God.





Inyarwanda BACKGROUND