Kuri uyu wa Gatandatu tariki 16 Kamena 2018 ni bwo mu mujyi wa Huye haberaga igitaramo cya gatatu cya PGGSS8. Muri iki gitaramo abahanzi bose uko ari icumi banyuze imbere y’akanama nkemurampaka ndetse n’imbere y’abafana babo. Inyarwanda.com tugiye kubagezaho uko buri muhanzi yitwaye muri iki gitaramo n’ibyo buri umwe yatangaje nyuma y'igita
Aba bahanzi 10 bari guhatana mu irushanwa rya PGGSS8 ni: Mico The Best, Uncle Austin, Jay C, Khalfan, Christopher, Young Grace, Queen Cha, Bruce Melody, Just Family ndetse n’itsinda rya Active. Umuhanzi uzegukana iki gikombe cya PGGSS8 azaba ari uwatowe n’abagize akanama nkemurampaka uyu akazahembwa miliyoni makumyabiri z'amanyarwanda (20,000,000 Frw) mu gihe uzatorwa n'abafana ku bwinshi we azahembwa amafaranga y’u Rwanda Miliyoni cumi n’eshanu (15,000,000Frw).
UKO UNCLE AUSTIN YITWAYE I HUYE
IBYO UNCLE AUSTIN YATANGAJE NYUMA Y'IGITARAMO CY'I HUYE
UKO YOUNG GRACE YITWAYE I HUYE
IBYO YOUNG GRACE YATANGAJE NYUMA Y'IGITARAMO CY'I HUYE
UKO CHRISTOPHER YITWAYE I HUYE
IBYO CHRISTOPHER YATANGAJE NYUMA Y'IGITARAMO CY'I HUYE
IBYO ACTIVE YATANGAJE NYUMA Y'IGITARAMO CY'I HUYE
UKO JUST FAMILY YITWAYE I HUYE
IBYO JUST FAMILY YATANGAJE NYUMA Y'IGITARAMO CY'I HUYE
IBYO QUEEN CHA YATANGAJE NYUMA Y'IGITARAMO CY'I HUYE
UKO MICO THE BEST YITWAYE I HUYE
IBYO MICO THE BEST YATANGAJE NYUMA Y'IGITARAMO CY'I HUYE
IBYO JAY C YATANGAJE NYUMA Y'IGITARAMO CY'I HUYE
IBYO KHALFAN YATANGAJE NYUMA Y'IGITARAMO CY'I HUYE
UKO BRUCE MELODY YITWAYE I HUYE
IBYO BRUCE MELODY YATANGAJE NYUMA Y'IGITARAMO CY'I HUYE
TANGA IGITECYEREZO