Ku mbuga nkoranyambaga hari gucaracara amashusho yatumye buri wese ayatindaho, aho ababyeyi tutabashije kumenya neza akarere, umurenge akagali n’umudugudu babarizwamo ariko bitewe n'uko uyu ari umukino uzwi cyane mu bwana bwa benshi byatumye aya mashusho atindwaho na benshi.
Mu mashusho mugiye kubona, hagaragaramo ababyeyi barimo gukina umukino w'agati aho baba barimo gufanwa n'abandi bantu benshi batangariye cyane kubona abantu b'ababyeyi barimo gukina umukino usanzwe uzwi nk'umukino w'abana bato.
TANGA IGITECYEREZO