RFL
Kigali

Urban Boyz bashyize hanze amashusho y’indirimbo ‘Nipe’ bakoranye na Ykee Benda – VIDEO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:10/05/2017 17:45
1


Itsinda rya Urban Boys rigizwe n’abahanzi Safi Madiba, Nizzo Kaboss ndetse na Humble G, baheruka gushyira hanze indirimbo nshya bakoranye n’umugande uzwi ku izina rya Ykee Benda uyu akaba yaramamaye mu ndirimbo ‘Munakampala’, indirimbo aba bakoranye bakaba barayise ‘Nipe’ kuri ubu amashusho yayo akaba yageze hanze.



Urban Boys ishyize hanze amashusho y’iyi ndirimbo mu gihe imaze iminsi mike ikubutse muri Uganda aho bakoze ibitaramo bibiri ndetse bakaririmbana iyi ndirimbo na Ykee Benda ku rubyiniro mu mujyi wa Kampala. 

Tubibutse ko amashusho ya 'Nipe' yafashwe anatunganywa na Producer ‘Ma~RivA’, umwe mu bakoze amashusho ya nyinshi mu ndirimbo z’abahanzi nyarwanda.

KANDA HANO UREBE IYI NDIRIMBO 'NIPE' YA URBAN BOYS






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • prince6 years ago
    amashusho mabi gusa indirimbo mwayishe pe mwayihinduye amaheru





Inyarwanda BACKGROUND