RFL
Kigali

Umwambaro Asinah yaserukanye wakuruye abasore bamwe bibanga mu nda baramukabakaba –AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:27/03/2017 11:17
19


Kuri iki Cyumweru umuhanzikazi Asinah yari yitabiriye igitaramo yahuriyemo na Fireman mu kabyiniro kazwi nka H Zone, aho uyu muhanzikazi yari yahisemo guseruka yambaye umwambaro umufatiriye ugaragaza uko ateye yabyina atigisa umubiri we bigakurura bamwe mu basore byananze mu nda bagakora ibitamenyerewe.



Iki gitaramo cyatangiye mu gicuku ahagana saa sita. Fireman niwe wabanje ku rubyiniro mu ndirimbo ze zinyuranye ashimisha abakunzi be. Mu gihe uyu muraperi yari asoje kuririmbira abakunzi be, hahise hahamagara umuhanzikazi Asinah ku rubyiniro aho yageze yambaye umwambaro umwegereye umufashe ku buryo bamwe bahise baba abafana be kubera uko yari yambaye.

Bamwe mu basore byabanze mu nda bava mu byicaro bigira imbere bareba uyu muhanzikazi ndetse bamwe baratinyuka bigira ku rubyiniro babyinana nawe ariko ukabona ko babaga bifuza kumukorakoraho, nawe bamwe akababera ibamba gusa byabaye karundura ubwo umusore umwe yasimbukiraga ku rubyiniro anyuze murihumye abashinzwe umutekano akifuza gukora ku kibuno cya Asinah ndetse anabigeraho mbere yuko avanwa ku rubyiniro.

REBA AMAFOTO:

asinahMc Bryan niwe mushyushyarugamba wari uyoboye ibirorifireman firemanfiremanFireman yashimishije abafana be muri iki gitaramoassinahasinahasinahUko Asinah yahingutse ku rubyiniro yambaye n'uko yakaragaga umubyimba byakuruye abasore muri aka kabyiniroasinah

Uyu musore byamwanze mu nda asimbukira ku rubyiniro atangira kubyinisha AsinahasinahasinahUyu musore nawe byamwanze mu nda arasimbuka abyinisha AsinahasinahasinahAsinah yasabye uyu musore kuva mu byo kubyinana nawe undi nawe aranangira aringinga gusa biba iby'ubusaasinahUyu musore we yasimbukiye ku rubyiniro ashaka gukora ku kibuno cya Asinah arataruka akoraho bahita bamuhubuza ku rubyiniro shishi itabonaasinahasinahasinahasinahAsinah yabyiniye abari aho ku buryo bukomeye

AMAFOTO: IHORINDEBA Lewis -Inyarwanda.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Gihi7 years ago
    Sha uyu mukobwa arakaze peeeee sugukabya ntamukobwa murwanda umurusha stage komereza aho peee
  • Ken7 years ago
    Uyu mukobwa namwemeye pee
  • Dore umutobe7 years ago
    Eeeeeeeh iki cyana gifite umutobe mwinshi cyane kabisa...! Kabisa mukingezeho ngihe care njye ngikubita ibikoresho....Urabona ra..
  • Umuhuza7 years ago
    Uku niko abahanzikazi basigaye bambara ! Ndumiwe rwose pe niba ariryo terambere turafitwe !!!! Umusaza yakize byinshi Imana yaramufashije
  • 7 years ago
    Ateye nabi gusa
  • fifi7 years ago
    nonese kowongeye kubyibuha koko, please ongera usubire muri gym dore iminsi ishize warumeze neza nukurrrriii
  • fifi7 years ago
    nonese kowongeye kubyibuha koko, please ongera usubire muri gym dore iminsi ishize warumeze neza nukurrrriii
  • dada7 years ago
    sha yaraye atwemeje uno mukobwa pee
  • kamikazi7 years ago
    birashimishije cyane uburyo ukora akazi kawe neza ugashobora numuziki pe, jye ibyo nabonye watwemeje
  • -7 years ago
    Ni amaburakindi!
  • lucas7 years ago
    Ah iki gikobwa cyabuze ukinkosorera da? Mwa basore mwe ntimukimenya gutera inda ngo mukiyinterere kigabanye amarere
  • Curtis7 years ago
    Asnah ndakwemera! Uzi stage,Uzi kuririmba Uzi no kwambara kugira NGO ukurure public! n'abandi mubyumve please stage si alitari agomba kwambara bigatuma abafana bishima! N'abandi bahanzikazi bamurebeyeho music yacu yagera Ku rwego mpuzamahanga!
  • Ingabire Adel7 years ago
    Asinah jye wanyemeje kuko ntamukobwa hano ukurusha stage komereza aho kabisa byari byiza ahubwo top chef bagutumire uzaze naho utwemeze
  • Ritahandy7 years ago
    Sugukabya Asnah iyo aza mumuziki kera niwe uba uri kwisonga pee
  • Latifha7 years ago
    Kabisa najye ndabyemera Asnah ararenze jye numiwe kuko ibintu akora nihatari ntanumuhanzikazi ndabibonana.azi stage nabikunzr..ikibura nababyinnyi usibyeko nawe yihagije kuko arabyina pee kndi urabizi ..gusa ungera usubire muri sport kugirango use nkumu stari..ni latifha
  • nana7 years ago
    wowe witwa Lucas ko urucira mukaso rugatwara nyoko mushiki wawe niwe bazayitera
  • 7 years ago
    Uyu ko arenze mwa ndamutumiye kubukwe bwanjye
  • carine7 years ago
    Sha Gatsinzi Imana asenga yaramukurinze.Ajye ashimira Imana peee!!!
  • dodos7 years ago
    nagende Emery wagukize yagize amahirwe buriya yari yakubonye yizanira mutima wurugo kuko wowe uri muti wakabari urakabya kwitesha agaciro. warya umuntu kabisa mbona umuriro waka muri wowe.





Inyarwanda BACKGROUND